Mu mikino y’igikombe cy’Isi cy’amakipe, ikipe ya Manchester City yatsinze Waydad yo muri Morocco ibitego 2:0. Ni umukino wabaye kuri uyu wa 18 Kamena 2025. Uwo mukino wabereye kuri Stade yitwa Lincoln
Kiliziya gatolika yashyize mu rwego rw’abahire Floribert Bwana Chui Kositi wiciwe mu mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo azira kwanga ruswa
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 18 Kamena , Umuyobozi w’ikirenga wa Iran , Ayatollah Ali Khamenei yatangaje ko igihugu cye kitazigera kimanika amaboko mu ntambara kirimo na Israel kubera ibyifuzo
Mu gace ko mu mujyi wa Tuam uherereye mu burengerazuba bwa Ireland hakomeje igikorwa cyo gutaburura imibiri y’abana b’impinja basaga 796 bishwe bagashyingurwa ahajugunywa imyanda mu mu kigo cy’abihaye Imana gatolika cyacumbikiraga
Amazu agera kuri 18 yo muri teretwari ya Rutshuru muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo yasenywe nyuma y’imirwano ikomeye yahanganishijemo ingabo z’umutwe wa M23 na Wazalendo . Ku munsi wejo tariki ya
Umunyamerika Elon Musk yongeye kwisubiza umwanya wa Mbere mu batunze amafaranga menshi ku Isi kabone n’ubwo amaze igihe imodoka za Tesla zarabuze abaguzi aho
Hari Telefone nyinshi zamaze gutakaza ubushobozi bwo kwakira ‘App’ ya Watsapp no kuba yakoreramo. Izo Telefone zirimo iPhone n’izo mu bwoko bwa Android benshi
Mu gihe Isi ikomeje gutera imbere mu Ikoranabuhanga, kwiga Electronic ni imwe mu nzira nziza zifasha umuntu kwiteza imbere no kugira uruhare rufatika mu