Ikipe y’Igihugu cya Portugal yegukanye UEFA Nations League itsinze Espanye Penaliti 5 kuri 4. Ni umukino waranzwe n’ishyaka ryinshi kuko amakipe yombi yakinnye iminota
Rutahizamu Cristiano Ronaldo, yavuze ko rimwe na rimwe atajya yizerera mu batanga ibihembo kuko hari ubwo babeshya ariko avuga ko bibaye ibyo gutangwa koko
Kiliziya gatolika yashyize mu rwego rw’abahire Floribert Bwana Chui Kositi wiciwe mu mujyi wa Goma muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo azira kwanga ruswa
Mu mujyi wa Dar es Salaam wo mu Gihugu cya Tanzania , urujijo rukomeje kuba rwose mu baturage nyuma yuko umukozi wo mu rugo abyutse agasanga umugore n’umugabo yakoreraga bitabye Imana .
Umunyamerika Elon Musk yongeye kwisubiza umwanya wa Mbere mu batunze amafaranga menshi ku Isi kabone n’ubwo amaze igihe imodoka za Tesla zarabuze abaguzi aho
Hari Telefone nyinshi zamaze gutakaza ubushobozi bwo kwakira ‘App’ ya Watsapp no kuba yakoreramo. Izo Telefone zirimo iPhone n’izo mu bwoko bwa Android benshi
Mu gihe Isi ikomeje gutera imbere mu Ikoranabuhanga, kwiga Electronic ni imwe mu nzira nziza zifasha umuntu kwiteza imbere no kugira uruhare rufatika mu