Umutoza wa Rayons Sports yagize icyo avuga ku ntego yo gutwara igikombe cya Champiyona

1 month ago
by

Umutoza mushya wa Rayons Sports yavuze ko gutwara igikombe APR FC itaratsindwa umukino n’umwe bigoye.

Ibi yabitangaje nyuma y’imyitozo yakoresheje hitegurwa umukino wa 1/8 cy’Igikombe cy’amahoro.Julien Mette yagaragaje ko kuba APR FC iyirusha amanota 6 mu gihe yatsinda Marines FC , biyiha amahirwe yo kuba yakwegukana igikombe cyakora avuga ko mu mibare bishoboka.

 

Yagize ati:” Ntabwo ndi hano kubeshya bizagorana bigendanye n’ikinyuramo kirimo nk’uko ubivuze.APR FC ntabwo bari batakaza umukino n’umwe, bifitiye icyizere cyinshi tuzabaha akazi?”.

 

Uyu mutoza yageze mu Rwanda tariki 19 Mutarama 2024.Biteganyijwe ko umukino wa Mbere wa Mette arawutoza mu gikombe cy’Amahoro na Interforce FC.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Umugore yatwise inzu yuwahoze ari umukunzi we amuziza ko yamuteye inda akamusiga arera umwana wenyine

Next Story

“Ntimugatinye ibitumbaraye hari igihe biba birimo ubusa” ! H.E Paul Kagame

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop