Abayoboke b’Itorero Abatoranyijwe n’Imana batunguranye nyuma yo guteranira mu mugezi w’amazi bagahimbaza Imana

1 month ago
by

Abasengera mu Itorero ‘Lord’s Chosen Charmatic Revival Movement’ ryo muri Nigeria basengeye mu biziba by’amazi (Umugezi).

Iki giterane cyateguwe na Lord’s Chosen Charmatic Revival Movement’ , cyatunguye benshi hibazwa impamvu byakozwe muri ubwo buryo na cyane ko ari umuco utamenyerewe mu basenga.

Ni amashusho yakwirakwijwe ku mbuga nkoranyambaga by’umwihariko TikTok aho agaragaza amashusho adasanzwe yafatiwe mu muhanda wo mu gace ka Abraka muri Leta ya Delta mu masaha y’umugoroba basa n’abari mu kibwirizwa.

Muri ayo mashusho, abagore n’abagabo bo muri Lord’s Chosen Charmatic Revival Movement’ bagaragara basa n’abarimo guhimbariza muri ayo mazi bigaragara ko bishimye. Bamwe bari bari kuririmba bazamura amajwi yabo , abandi bari gucurira bakangurira n’abaje kubareba kubigana.

Umwe yagize ati:”Uku si ukubwiriza ni ubusazi.Ni gute batekereza ko guhagarara mu mazi mabi, mu nuhanda nyabagendwa ari ugutanga ubutumwa ?”.

Iri Torere rya Lord’s Chosen Charmatic Revival Movement’ ryateraniraga hafi y’umuhanda mu mugezi.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

P Diddy ukekwaho kwiyahura yashyizwe muri ‘Suicide Watch’

Next Story

Umukobwa wagaragaye ari kwambika umukunzi we yavuze amagambo yatangaje benshi

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop