Akeneye ubufasha bwa Miliyoni 8 RWF ! Mama Nick wamamaye muri Cinema Nyarwanda arembeye mu Bitaro

1 month ago
by

Mukakamanzi Beata [Mama Nick], wamamaye muri City Maid  yasabye ubufasha bwo kwivuza nyuma y’impanuka ikomeye yakoze muri Werurwe uyu mwaka.

 

 

Ubwo uyu mubyeyi yari arimo kwivuza nibwo yahuye n’ibindi byago maze apfusha umwana wavuye mu mubiri mu kwezi kwa Gicurasi 2023.

 

 

Mama Nick usigaye andera mu mbago, iyi mpanuka yamusigiye ikibazo mu kaguru no mu rukenyerero ubu akaba akeneye Miliyoni 8 z’amafaranga y’u Rwanda  kugira ngo avurwe akire neza.

 

 

Umunyamakuru Murungi Sabin abinyujije kumbuga nkoranyambaga ze , yavuze ko Mama Nick yaraye mu Bitaro ,  yiteguye kubagwa kuri uyu wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2023.

Yakomeje agira ati:”Kuri Telefone , Mama Nick ambwiye ko amaze kwakira amafaranga asaga Miliyoni 3.GofundME, imaze kujyaho hafi , 1800 USD.

 

Mama Nick azabagwa ku wa Gatatu tariki 18 Ukwakira 2023.Twizeye ko azamara kubagwa amafaranga yose yabonetse.Mukomeze mumufashe biciye kuri nimero ye +250788222380 [Mukakamanzi Beata].”

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Mu rubanza hagati haregewe indishyi ya Million 20 zakwa uyu mubyinnyi Titi Brown 1 Dore uko urubanza rwagenze kugeza rurangiye

Next Story

Zari Hassan yatangaje ikintu kimwe gusa kimuhangayikisha mu buzima bwe iyo yakibuze

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop