Amarozi aravuza ubuhuha ! Abantu 30 bari baje gufata mu mugongo umuryango wa Ntezimana Donatha waguye mu mpanuka yatwaye Pastor Theogene Niyonshuti bajyanwe kwa muganga bivugwa ko bahumanijwe n’amarozi
Valerie Marquez wari umaze kwamamara kuri TikTok, ubwo yari ari kuganira n’abafana be mu buryo bwa ‘Live’ , umugabo wari ufite imbunda yamwinjiranye ahita
Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.