Amavubi yakinnye neza habura utsinda igitego

1 month ago
by

Umukino wahuzaga ikipe y’igihugu cya Zimbabwe n’ikipe y’Igihugu Amavubi warangiye amakipe yombi anganya ubusa kubusa.

 

Ni umukino wabereye kuri Stade ya Huye,aho amakipe yombi yatangiye akina neza , gusa Zimbabwe igaragara nk’irimo kwirinda cyane yanga kwataka.

 

Amavubi , yagaragaje gukina neza , gusa ikibazo kikaba gushyira mu izimu nyamara abafana babona ko amahirwe menshi byari kuba igitego.

 

Hagati mu mukino u Rwanda rwari rufite amahirwe kuko u Rwanda rwari rufite amahirwe angana hafi na 60% mu kwiharira umupira , abakinnyi bakina neza gusa ikibazo kikaba kureba mu izamu.

 

Nk’uko byavuzwe Amavubi akeneye kubona umukinnyi ushyira ibitego mu izina.

 

Rwanda , ruzongera kujya mu kibuga ruri gukina n’Ikipe ya Afurika y’Epfo muri iyi mikino yo gushaka itike yo kujya mu gikombe cy’Isi.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Google igiye gukora umukwabo wo gusiba Gmail na YouTube Channels zimaze imyaka 2 zidakora

Next Story

Ni izihe mpamvu zishobora gutuma umugore abyara umwana utuzuye cyangwa ufite ubumuga

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop