Miss Uwase Muyango usanzwe ategura ibitaramo bitandukanye anyuze ku mbuga nkoranyambaga ze yagaragaje ko nta hantu na hamwe aziranye n’umugore witwa ‘Mariam Nunu’ wagaragaye
Umukinnyi wo hagati Charly Musonda Jr yasezeye umupira w’amaguru kubera imvune. Uyu musore yasezeye ku myaka 28 y’amavuko akaba yarakiniye amakipe arimo; Chelsea na
Ku munsi wa nyuma w’ibirori bya Jeff Bezos n’umufashe we Lauren Sanchez hagaragaye imbaga y’abantu bigaragambyaga bamwamaga bavuga amagambo agira ati:”No space for Bezos”.
Ambasaderi w’u Rwanda mu Muryango w’Abibumbye, Martin Ngoga, yatangaje ko u Rwanda rufite uburenganzira busesuye bwo kwirinda, ahamya ko rubikora mu rwego rwo kurengera
Nyuma yo gushyira hanze ifoto ye na Bwiza bigaragara ko bakiri bato, Bwiza na we yahise ayifata maze aramusereza ati:”Kera agisoba kuburiri” maze benshi
Paul Rutikanga Umunyamakuru wa RBA akaba n’umwe mu bayobozi bayo yasezeranye na Uwera Caroline mu mategeko. Umuhango wo gusezerana imbere y’amategeko kuri Paul Rutikanga