Ayra Starr yatangaje Album nshya

1 month ago
by

Ayra starr abinyujije mu mashusho yatangaje ko agiye gushyira hanze album mu gihe kidatinze.

Abinyujije mu mashusho kumbuga nkoranyambaga ze , Ayra Starr yemeje ko mu kwezi gutaha ari bwo azashyira hanze ‘Umuzingo’ mushya.Ayra Starr wamamaye mu njyana ya Afrobeat akomoka muri Nigeria ndetse aherutse guhura na Rihanna ubwo bari bahuriye mu Bwongereza mu Mujyi wa London.

Ni ubutumwa yatangaje yifashishije indirimbo atari yashyira hanze, izaba iri kuri yo Album nshya.Aya amashusho yayaherekeresheje amagambo agira ati:”Album nshya ni mu kwezi gutaha”.Abakunzi be banejejwe cyane n’uburyo ari gukora umuziki nk’umukobwa utanga icyizere muri Afurika.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Kenny Sol yateguje indirimbo yise Two In One

Next Story

Junior Giti yateye urwenya avuga ko yujuje imyaka 2 y’amavuko

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop