Bakomeje kumwibazaho ! Umugore wahisemo kurongorwa n’igiti yatangaje benshi kumbuga nkoranyambaga

1 month ago
by

Umugore utavuzwe amazina ariko ukomoka muri Mexico yatangaje benshi ubwo hashyirwaga hanze amafoto arimo gusomana n’igiti nk’umugabo we bari bamaze kubana akaramata.

 

Uku gushyiranwa k’uyu mugore n’igiti byabereye i San Jacinto Amilpal muri Leta ya Oaxaca mu gihugu cya Benshi mu babonye aya mashusho n’amafoto byashyizwe hanze bemeje ko ubu bukwe budashoboka na cyane ko igiti kidashobora kwemera gushakana n’umuntu bavuga ko gikeneye kurenganurwa.

 

Nk’uko ibiro Ntaramakuru by’Abanyamerika bibitangaza ngo mu mwaka wa 2014 uwitwa Richard Torres yashakanye n’igiti muri Leta ya Colombia ngo mu rwego rwo gushishikariza Inyeshyamba z’ingabo z’impinduramatwara zo muri Kolombiya gutera ibiti aho gutera intambara ndetse ngo kuva icyo gihe yifashishije abageni benshi gushyiranwa n’ibiti kugira ngo ubutumwa bwe bubashe kuherwaho.

 

Amakuru avuga ko gukora ubukwe n’igiti byafashaga mugutuma abantu badatema ibiti mu buryo butemewe n’amategeko muri San Jacinto Amilpal muri Leta ya Oaxaca muri Mexico. Uyu mugore yemeza ko gushyirwa n’igiti ari mu buryo bwo kwigaragambya asaba abantu guhagarika gutsemba ibiti”.

Undi mugeni washyingiranwe n’ibiti ni Andrea Tanat.

SRC: UMURYANGO

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Ibisobanuro by’uko uhagaragara n’uburyo bihuye n’uko witwara mu gitanda

Next Story

“Nasambanye n’abagabo 10 icyarimwe bakajya bangiraho icyarimwe kuko nari indaya ikuriye izindi” ! Uwimana Mariamu yasobanuye uburyo yabaye indaya iryamana n’abagabo benshi ku munsi umwe

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop