“Bari bameze nk’abakundana” ! Umuhanzikazi Camila Cabello na Shawn Mendes ntabwo bigeze bakuranaho ibiganza mu gitaramo cya Taylor swift -AMAFOTO

1 month ago
by

Muri iki gitaramo cyabaye ku munsi wo ku wa Gatanu , aba bombi ntabwo bigeze bakuranaho ibiganza dore ko abari bashinzwe gufata amafoto aribo bafotoye bonyine.

 

Camila Cabello na Shawn Mendes byagaragaraga ko bakundana kuko bakora ibyabantu batabanye mu buryo busanzwe aho bari bicaye mu myanya y’icyubahiro.

 

Ikinyamakuru Daily Mail gitangaza ko Camila Cabello w’imyaka 26 y’amavuko na Shawn Mendes w’imyaka 24 bashobora kuba bakundana.Iki kinyamakuru gikomeza gitangaza ko mu mwaka wa 2019 aribwo aba bombi bongeye kugaragara bari kumwe agatoki kukandi ubwo isi yari mu bihe bya Covid 19.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Menya ibimenyetso biranga uwo mukundana wabaye imbata y’igitsina kurugero rwo hejuru cyane

Next Story

Zuchu yarahiye ko atazigera abyarana na Diamond Platinumz nyuma yo kugaragara asomana na Fantana

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop