Bari mu gahinda nyuma yo gukora ubukwe bwa Miliyoni zirenga 2 bagahita batandukana

1 month ago
by

Nyuma y’aho ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye abantu bakomeje kuvuga ibyo gutandukana kwa King Kaka na Nana Owiti, aba bombi bari kwicuza impamvu bakoresheje amafaranga menshi mu bukwe bwabo ntihatere Kabiri badatandukanye.

Carol Mwangi w’imyaka 26 n’umugabo we w’imyaka 66 batakaje menshi mu bukwe bwabo ntibibahire bagahita batandukana. Carol Mwangi yahamije ikintu kibabaje ari ingano y’amafaranga batakaje mu bukwe bwabo bikaba iby’ubusa.

Aba bombi bo muri Kenya bamenyekanye cyane ubwo bakoraga ubukwe bwari bumaze imyaka ibiri.

Benshi ku mbuga nkoranyambaga bavuze ko umusaza w’imyaka 66 atagombaga gushakana n’umwana w’imyaka 26. Bati:”Umusaza buriya yari yarakodesheje inkumi mu gihe cy’imyaka ibiri”.Si rimwe urugo rw’abashakanye barutana mu myaka ruvuzweho kenshi na cyane ko inshingano ziba zitandukanye.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

“Umuntu iyo agusuhuje akagushima mu kiganza aba aguhohoteye” Sophie Mutoniwase

Next Story

MU MAFOTO: Reba ubwiza bwa Musanze yarimbishijwe 

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop