
Perezida Tshisekedi akomeje kwatswaho umuriro nyuma yo gutangira gukorana na As Monaco
Umuyobozi w’ishyaka ritavuga rumwe n’ubutegetsi buriho muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo ,Moïse Katumbi yamaganye bikomeye umushinga wa leta y’iki gihugu wo gutera inkunga