Perezida wa Kenya , William Ruto yijeje ikipe y’igihugu y’umupira w’amaguru ya Kenya [Harambee Stars] kuzashyira mu bikorwa icyo bazamusaba cyose mu gihe yakegukana
Umunya- Wales wakiniye Real Madrid ,Gareth Bale yatangaje ko Chelsea yerekanye urwego rwa Paris Saint Germain nubwo yari imaze iminsi igaragara nk’ikipe ikomeye ku
Agahigo ko kuba mukinnyi muto wegukanye igikombe mpuzamahanga ari kumwe n’ikipe y’igihugu nkuru kari gafitwe na rurangiranwa Pele na Lamine Yamal kamaze kuvanwaho na
Umukinnyi wo hagati Charly Musonda Jr yasezeye umupira w’amaguru kubera imvune. Uyu musore yasezeye ku myaka 28 y’amavuko akaba yarakiniye amakipe arimo; Chelsea na
Cristiano Ronaldo yasinye amasezerano y’imyaka ibiri muri Al Nassr. Ibi bisobanuye ko azakomeza gukina muri Shampiyona ya Saudi Arabia kugeza muri 2027 [Saudi Pro
Ikipe ya Olympique Lyonnais yo mu Bufaransa yamanuwe mu cyiciro cya kabiri cya shampiyona y’iki gihugu kubera ibibazo by’imari . Lyonnais yavanwe mu cyiciro
Ikipe y’Igihugu cya Portugal yegukanye UEFA Nations League itsinze Espanye Penaliti 5 kuri 4. Ni umukino waranzwe n’ishyaka ryinshi kuko amakipe yombi yakinnye iminota