Donald Trump yitabiriye umukino wa Super Bowl

1 month ago
by

Donald Trump uyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika yabaye uwa Mbere mu bakuru b’Iki Gihugu gikomeye ku Isi witabiriye Super Bowl aharirimbiye icyamamare Kendrick Lamar. Harimo kandi ibindi byamamare birimo Jay Z na Taylor Swift.

Trump yageze kuri Stade ya Caesars Superdome , Stade iberaho iyi mikino iherereye muri New Orleans, muri Leta ya Louisiana ho muri Amerika habura iminota 30 ngo umukino nyirizina be , abanza kujya gukina Tennis ahitwa Palmer Beach ari kumwe n’umuhungu we Charlie.

Uyu ni umukino wa Mbere kuri Donald Trump nyuma yo kugera muri Manda ye ya Kabiri gusa amaze kugaragaza ugukunda umupira mu buryo budasanzwe kuko aherutse kongera kugaragara mu mukino w’imirwano wa UFC wabereye ahitwa Madison Square Garden.

Mu bandi bitabiriye iyi mikino harimo ; Jay Z , Serena Williams, Taylor Swift n’abandi batandukanye.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Perezida Felix Tshisekedi yanze kwitabira inama ya EAC na SADC

Next Story

Ubushinwa bwizeje Tshisekedi ubufasha bwo guhangana na M23

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop