Dore ibintu ukwiriye kwirinda gukora mbere yo gutera akabariro n’uwo mwashakanye

1 month ago
by

Abashakanye by’umwihariko baba bagomba kugira byinshi birinda mu rwego rwo kugira ngo bagire ubuzima bwiza.Muri uku gukora imibonano mpuzabitsina batateguye neza rero hari ibyo baba bagomba kwirinda nk’uko tugiye kubigarukaho.

Numara kumenya ibibintu, ufashe na bagenzi bawe, ukore share kubo muziranye kugira ngo babashe kwirinda no kurinda abo bashakanye.

1.IRINDE AMAFUNGURO ARIMO URUSENDA: Abashakanye bakwiriye kugabanya amafunguro arimo urusenda mbere yo gutera akabariro kuko ngo rushobora gutuma umutima ukora mu buryo budasanzwe bikaba byabangamira igikorwa murimo.

2.GABANYA INGANO Y’IBISINDISHA UKORESHA : Abashakanye bakwiriye kugabanya ingano y’ibisindisha bakoresha mbere yo gutera akabariro hamwe n’abo bashakanye.Nubwo bivugwa ko atari byiza, gusa hari ibinyobwa bimwe na bimwe bikoreshwa mu rwego rwo gushaka imbaraga.
3.NTUKAJYE WOGOSHA MBERE Y’IGIKORWA : Mu by’ukuri ntabwo ari byiza ko gosha mbere yo gukora imibonano mpuzabitsina kuko bituma bitaryoha neza by’umwihariko iyo mubikoze uwo mwanya muhita mubira.

4.MUKINE ARIKO NTIMURENGERE: Hari ubwo abantu bakina ugasanga bibagiwe icyabagenzaga cyangwa havuyemo kurakara.Sibyiz rero ko abashakanye bakina cyane mbere yo gutera akabariro.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

“Agiye adatashye ubukwe bw’umuhungu we na Miss Pamella” John Mbonimpa papa wa The Ben Yapfuye

Next Story

Umukinnyi w’Umunyarwanda Noam Emeran wakiniraga Manchester United yasezeye abafana bayo avuga ko ayivuyemo akibakunze

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop