Dore impamvu abasore aribo batereta kurusha abakobwa

1 month ago
by

Ubyemere cyangwa ubyange ariko imibare igaragaza ko abasore aribo bakunda gutereta cyane kurenza abakobwa.Nubwo hari abakobwa bishakira abo bazabana ariko ngo mu mico itandukanye biracyari kugipimo cyo hasi.

Umuhanga mu rukundo witwa John Gray yaragize ati:” Abagabo nibo bambere babasha kwegera abagore ninayo mpamvu no mu busore abasore bakunda cyane abakobwa.Ibi nanone bituruka ku mico yabo bitewe n’aho bavukiye cyangwa bakuriye.

ESE NI IZIHE MPAMVU TWAVUGA ZITUMA ABASORE BATERETA KURENZA ABAKOBWA ?

1.Ntabwo bagira isoni cyangwa intege nke.

Muri Kamere y’abasore barangwa n’imbaraga n’umuhate ndetse nta soni baterwa n’ibyo bahisemo niyo mpamvu barusha abakobwa gutinyuka.

2. Bita kumirimo yabo

Burya ntabwo umusore azata akazi ke ngo yirirwe ari koza amasahani cyangwa indi mirimo.Ibi bituma umusore ashaka umukobwa uzajya amwitaho.

3.Ntibaterwa isoni nabyo.

Nk’uko twabigarutseho haraguru burya umukobwa yaterwa isoni no kwegera umusore akamubwira ko amukunda ariko nta musore waterwa zo no kubwira umukobwa ko amukunda kuburyo n’uwo bibayeho bifatwa nk’igisebo.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Ibisobanuro by’uko uhagaragara n’uburyo bihuye n’uko witwara mu gitanda

Next Story

“Nasambanye n’abagabo 10 icyarimwe bakajya bangiraho icyarimwe kuko nari indaya ikuriye izindi” ! Uwimana Mariamu yasobanuye uburyo yabaye indaya iryamana n’abagabo benshi ku munsi umwe

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop