Dore ubusobanuro bw’izina Nadine rihabwa abana b’abakobwa

1 month ago
by

Niba witwa izina Nadine cyangwa ukaba uzi umuntu uryitwa, uyu ni wo mwanya ngo umenye icyo risobanuye n’ibikunze kuranga abaryita ndetse n’inkomoko yaryo.Nawe niba ufite izina wifuza ko tugusobanurira , twandikire.

 

 

Izina Nadine ryashyizwe mu Rurimi ry’Igifaransa ni izina ryitwa abana b’abakobwa cyane.Izina Nadine rituma uryitwa yiyumva nk’udasanzwe ndetse agatekereza ko hari ibyo ashobora kuba azi abandi bantu bamwegereye cyangwa bari kure ye bashobora kuba batabizi.

 

 

Nadine ni izina risobanuye ‘ICYIZERE’cyangwa ‘Hope’ mu rurimi rw’Icyongereza.Kwitwa umwana izina Nadine bituma akurana imbaraga , umuhate ndetse n’umurava wo gukora cyane kuko muri we ahorana icyizere gikomeye cy’ibyo yifuza kuzageraho mu buzima.

 

Iri zina kandi rifite inkomoko mu Cyarabu , ndetse no mu Kirusiya, gusa izina ryamamaye cyane ryasobanuwe mu Gifaransa nka Nadine.Mu Kirusiya bavuga  ‘Nadezhda, nabyo bisobanuye ‘ICYIZERE’.

 

Mu rurimi rw’Icyarabu ho Nadine ni , Nadin , bisobanuye ngo ‘Utanga amakuru’ cyangwa Messanger mu Cyongereza.

 

Kubafite imyizerere Gatulika, izina Nadine , ni izina ry’Umutagatifu witwaga, St Nadine of Derry.Yari umutagatifuza wa Passports, amasabukuru y’amavuko, ndetse ngo yafatwaga nk’umutagatifu warebereraga abakobwa babaga ahiwa Derry.

Isoko: Thebump, Google.com na Newirishicons

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Ese birakwiye ko abagore babenga abagabo babo bakabasimbuza insoresore ngo ni uko bafite igitsina gito ? Ni iki inzobere zibivugaho

Next Story

Dore ibyo wakora mu gihe ihwa ry’Ifi ryafashwe mu muhugo wawe urimo kurya

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop