Ferwafa yavuze ku barwanira kuri stade n’abateza akavuyo

1 month ago
by

Ubuyobozi bwa FERWAFA bwavuze ku batoza, abakinnyi n’abafana barwana ku kibuga.

Umunyamabanga Mukuru wa FERWAFA, Kalisa Adolphe ‘Camarade’, yavuze ko kuba barahannye Umutoza wa AS Kigali WFC, Ntagisanimana Saida wakubise Rwaka utoza Rayon Sports WFC, byari mu bubasha bwabo kuko nta gihe cyari gihari ku buryo akanama k’imyitwarire muri Ferwafa gaterana kandi hari undi mukino yari gutoza.

Umuyobozi wa FERWAFA, Munyantwali Alphonse, yavuze ko hari amakosa arimo “ruswa” badahana kubera kubura ibimenyetso.

Yasabye abakinnyi, abatoza n’abafana ko bagomba kujya bitwara neza, bakirinda imirwano n’ubugizi bwa nabi.
Mugihe bitabiriye imikino y’Amakipe yabo.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

NKORE IKI: Ndi umugore mukuru maze gutandukana n’abagabo babiri none umusore muto yarankunze cyan arashaka ko tubana

Next Story

Ku myaka ijana 130 irenga we n’umugore we ntibarabyara ! Hura na Baba Asongo

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop