Kendrick Lamar yandikiye amateka muri NFL Super Bowl

1 month ago
by

Umuraperi w’Umunyamerika Kendrick Lamar Duckworth ufite imyaka 37 y’amavuko , yataramiye abakunzi be muri NFL Super Bowl aho mu gice cya Mbere cy’iyi mikino batanga umwanya ku bahanzi. Lamar yakoze ibidasanzwe yereka abakunzi be ko Grammy Awards hahawe yari ayikwiriye.

Ibi yabifashijwemo n’indirimbo ‘Not Like Us’ yafatanyije na Drake, ikaba ikomeje kumugira udasanzwe mu myidagaduro y’Isi. Kendrick Lamar yakoresheje iminota 13 izahora mu mitwe y’abantu bari bitabiriye umukino wahuze Kansas City Chiefs na Philadelphia Eagles.

Ubwo yari imbere yabo, Kendrick Lamar yagize ati:”Ngiye kubacurangira indirimbo bakunda , ndabizi barayikunda”. Aha yavugaga ‘Not Like Us’. Lamar ntabwo yahise ayiririmba kuko babanje gushyiramo izindi , akaba ariyo aza gusorezaho.

Kendrick Lamar, bakoze amateka yo kuba ari we muhanzi waririmbye wenyine, mu gice cya Kabiri cya Super Bowl agakundwa cyane ku rwego rwo hejuru.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Perezida Felix Tshisekedi yanze kwitabira inama ya EAC na SADC

Next Story

Ubushinwa bwizeje Tshisekedi ubufasha bwo guhangana na M23

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop