Menya akamaro k’Ibumba k’umubiri wa muntu

1 month ago
by

Ifu y’ibumba idufitiye akamaro kanini mu mubiri wacu ariko abenshi usanga batazi umumaro wayo kuko bamwe bayifata ngibisanzwe.dore umumaro ibumba ridufitiye.

Umubiri

Ibumba ridufitiye akamaro kanini cyane doreko rifite akazi ko kongera amaraso mu mubiri amaraso mu mubiri wacu ndetse rikaba rituma uruhu rwacyu rusa neza.

Kubijyanye n’impyiko

Iri bumba ritera impyiko gukora neza umurimo zishinzwe ndetse n’umwijima kumwe na rate.

Abana

Iri bumba rirakenewe cyane kubana barereshejwe amata kandi rikoreshwa cyane no kubana bavutse badashyitse.

Kubabyeyi ba bagore

Iri bumba rikoreshwa cyane kubagore babyara nabi ndetse n’imihango ya bakobwa igenda nabi

Kubijyanye no kurya

Iri bumba rikunda gukoreshwa cyane mu myanya inoza ibyo kurya Kubindi
Kurundi ruhande ibumba rifite umumaro n’ubutunzi bwinshi bwo kugoboka ingingo z’umuntu kuko rikungahaye ku myunyu ngugu

Icyitonderwa

Irinde gukoresha ibumba cyane kuko rinyunyuza amavuta yo mu mubiri

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

kore iki? : Umugabo wanjye yamfatiye mu buriri ndikumwe n’umukozi wacu yigira nk’utatubonye

Next Story

Hamenyekanye igishobora gutuma umusozi umwe wo mu Rwanda uhora waka umuriro w’amayobera

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop