Miss Mutesi Jolly yakunze amagambo ya Zari Hassan

1 month ago
by

Umunyamideri  kabuhariwe wo muri Uganda ariko utuye muri Afurika y’Epfo Zari Hassan, yakoze k’umutima wa Nyampinga w’u Rwanda 2016 , Miss Mutesi Jolly akunda ubutumwa yatambukije ku mbuga nkoranyambaga ze.

 

Uyu mugore yanditse amagambo akomeye asa n’aho abuza abantu guca intege igitsina gore no kumva ko ntacyo umugore ashoboye.Ibi byahuriranye n’intero ya Miss Mutesi Jolly nawe utajya yumvikana n’abahohotera umukobwa cyangwa umugore mu buryo bumwe cyangwa ubundi.

Zari Hassan uterejwe mu Rwanda yagize ati:”Kubera ko ndi umugore , ngoma gukoresga imbaraga zidasanzwe kugira ngo ngere kuntsinzi yanjye.Nibiba byananiye , ntawe uzavuga ngo ‘Nyamara ntabwo afite icyo bisaba’”. – Clare Boothe Luce.Mbega ijoro ryiza twitegereza uburyo umugore ahabwa agaciro k’ibyo yakoze.Ndabasuhuje kandi mbashimira ko mwanyakiriye”.

 

Nyuma y’iri jambo benshi bimishimiye ubutumwa yabanje bagaragaza ko bakunda umuhate agira n’imbaaga adahwema mu gushyira mu byo akora.Mu bakunze ubu butumwa Miss Mutesi Jolly ari mu bambere.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Umucecuru w’imyaka 80 yitabye Imana ari gutera akabariro n’umukunzi we w’umusore wari ukiri muto mu myaka

Next Story

Mu gihe habura amasaha make bagakora ubukwe Miss Uwicyeza Pamela yatuye umugabo indirimbo y’urukundo

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop