Miss Mutesi Jolly yifurije urugo rwiza Pamela na The Ben agira icyo yisabira Tom Close

1 month ago
by

Nyampinga w’u Rwanda 2016 Miss Mutesi Jolly, yifurije Miss Uwicyeza Pamela urugo ruhire avuga ko umunsi yakoze ubukwe yifuza ko Tom Close yazamwambarira.

 

Uyu mwari anyuze kuri Twitter konti ye yagize ati:”Uko Pamela yari yambaye byari byiza pe ,yasaga nk’abamarayika, abari bamwambariye nabo barangazaga ,The Ben yatsindaga ikizamini cyo guhitamo kuko yahisemo Best Man mwiza.Iyo nzakuba umugabo , nari gusaba Dr Tom kuba ‘Best Man’ wanjye.

“Urugo ruhire bageni beza.Mbifurije ibyishimo bihoraho nyuma. Imana izabe indiba y’urugo rwanyu”.

 

Nyuma yo kwandika aya magambo Miss Mutesi Jolly yakirijwe ineza n’amashimwe y’abantu basomye ubu butumwa”.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Dore ibimenyetso bizakwereka ko uwo musore mukundana atigeze atereta undi mukobwa mbere yawe

Next Story

Umuturage yarakaye avuga ko Kiliziya nidakuraho iby’ubutinganyi we atazasubira gusenga – VIDEO

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop