Moses yatakambiye Perezida wa Repubulika nyuma yo gusabwa gusiba ikirago by’abatinganyi biri kunzu akoreramo

1 month ago
by

bw’imyenda Twahirwa Moses ,yatakambiye Perezida wa Repubulika nyuma yo gusabwa gusiba amabara ya LGBTQ agaragaza ikirango cy’abaryamana bahuje ibitsina.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga uyu munyamideri umaze iminsi mike yeruye ko akoresha ikiyobyabwenge cy’urumogi kubera uburwayi yavuze ko ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwasabye Moshions gusiba amarangi agizwa n’amabara aranga abaryamana bahuje ibitsina n’abandi.

Moses avuga ko bamwe mu bayobozi b’Umujyi bavuze ko bise aya mabara umwanda kandi ko akwiye kuyakura ku rukuta rugize uruzitiro rw’iyi nzu y’imideri ya Moshions iherereye mu Kiyovu.


Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Polisi yafashe umugabo ari kwiba insinga z’amashanyarazi

Next Story

“Nari narahigiye kuzarasa abahutu bose bangize nyakamwe iyo hataba Inkotanyi nta numwe uba ukiriho kuko banyishe mpagaze” – Nduwamungu Felix

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop