Mozambique: Abantu 10 bakomerekeye mu mpanuka

1 month ago
by

Ni impanuka yabereye mu ishuri rya Leta rya Barramurra mu Majyepfo y’Uburengerazuba bwa Parike ya Oran muri Mozambique.

Muri abo bantu 10 bakoze impanuka , batatu muri bo ni abanyeshuri bajyanywe ku Bitaro bakomeretse bidakabije.

Abashinzwe gutabara inkomere bavuze ko harimo abana 9 naho abana 3 aribo bakomeretse muri bo bakaba bigaga kuri Barramurra nk’uko byemejwe na Dr O’Keefe.

Uyu yatangarije ikinyamakuru 7News ko abanyeshuri bajyanywe kwa muganga bameze neza bari kwitabwaho n’abaganga kuko bari bakomeretse byoroheje.

Umwe yajyanywe mu bitaro bya Campbelltown, abandi babiri bajyanwa mu bitaro by’abana i Westmead.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

P Diddy ukekwaho kwiyahura yashyizwe muri ‘Suicide Watch’

Next Story

Umukobwa wagaragaye ari kwambika umukunzi we yavuze amagambo yatangaje benshi

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop