Nasabye Simi ko turyamana kugira ngo tubone dukorane indirimbo umugabo we arafuha ntibyaba – Brymo

1 month ago
by

Nasabye Simi ko turyamana kugira ngo tubone dukorane indirimbo umugabo we arafuha ntibyaba – Brymo

Umuhanzi Brymo yateje akaruru n’amarangamutima mabi kumbuga nkoranyambaga nyuma kugaragaza ko yasabye umuhanzikazi Simi ko baryamana kugira babone gukorana indirimbo bikarakaza umugabo we Adekunle Gold nawe w’umuhanzi.


Uyu muhanzi Brymo yagaragaje ko icyo yifuzaga gusa ari ukumva uko bimera gukorana indirimbo n’umuntu mwabanje kuryamana gusa ngo uyu mugore wa Adekunle Gold arabyanga gusa ngo nanone bisiga birakaje umugabo we.

Uyu muhanzi yagize ati:” Hari igice kimwe muri njye cyifuzaga kuryamana na Simi kugira ngo tubone gukorana , ikindi gice kikifuza ko ntamugora pe”.

 

Uyu muhanzi yavuze ko nyuma y’uko abimusabye , umugabo wa Simi Adekunle Gold , yaje kubabazwa nabyo cyane kandi nyamara ngo ntacyabaye hagati yabo.

 

Igihugu cya Nigeria gikomeje kuyobora umuziki wo muri Afurika bigendanye nuko abahanzi baho bazi gufata no kuyobora promotion bakorera ibihangano byabo.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Igikorwa gifatwa nk’umugenzo wo gukeba imyanya ndanga gitsina y’abakobwa munzira zo kwamaganwa

Next Story

Zuchu yavuze ko inda atwite atari iya Diamond Platinumz ndetse arenzaho ko ngo atamutwitira rwose

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop