Nyuma gutuburira umunyamakuru Peace Hyde Diamond Platnumz na Zuchu bateruranye ubwo bari kurubyiniro – AMAFOTO

1 month ago
by

Zuchu nk’umuhanzikazi wasinye muri WCB yagiye yemeza ko akundana na Diamond ndetse na Diamond agakora iyo bwabaga ariko ntavuge.Aba bombi ibyo bakora baba barengera inyungu zabo mukazi kabo ka muzika, ari nayo mpamvu Diamond Platnumz yambitse impeta y’igihuha umunyamakuru wo muri Ghana hagaticiye kabiri agaterurana na Zuchu muri Wasafi Festival.

 

Zuchu na Diamond Platnumz bataramira mu Mujyi wa Dodoma nyuma y’iminsi 2 Simba yambitse impeta Peace Hyde wafataga amashusho y’igice cya 3 cy’ikiganiro Young Famous African , Diamond , Zuchu , Shakib na Zari Hassan bazagaragaramo.

Diamond n’umuhanzi we ushobora kuzavamo umukunzi we, bagaragaye mu mashusho bateruranye ubwo baririmbaga muri iki gitaramo bigaragaza urukundo bombi bafitanye niba atari akazi kaba kabahuza kandi baba bagomba gukora ,Diamond akubahiriza ibyo yasinyanye na Zuchu ajya kumushyira muri Lebal ye.

Amafoto/ Wasafitv

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Ni nyina w’amadayimoni yose akaba umugore wa Satani ! Byinshi wamenye kuri Lilith umugore bivugwa ko ariwe wabanye na Adamu mbere ya Eva

Next Story

Zari Hassan yifurije isabukuru nziza y’amavuko umugabo we Shakib Cham n’umuhungu we

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop