Nyuma yo kutumvikana mu bukwe ababutashye bose barwanye maze ubukwe buhinduka urugamba

1 month ago
by

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi hirya no hino ku mbugankoranyambaga ni inkuru y’amashusho yafashwe mu bukwe aho abari mu bukwe bose bari bari kurwana ndetse wagira ngo mu bukwe Hari habayemo amarushanwa yo kurwana.

 

 

Mu mashusho yanyujijwe ku rukuta rwa X rwahoze rwitwa Twitter, niho amashusho yo mu bukwe bwabereye mu gihugu cy’u Buhinde abatumirwa n’abageni bari kurwana abantu benshi bakomeje gutangazwa nayo mashusho bibaza icyateye iyo mirwano yabuze gica cyane ko buri umwe yari ari gukubita uwo abonye hafi.

 

 

Nk’uko byakomeje gusakara hirya no hino ku mbugankoranyambaga, biravugwa ko mbere yo kurwana muri ubu bukwe Hari ibyo batumvikanyeho neza bityo biza gutera imirwano muri ubu bukwe ndetse iyo mirwano yaje gusakara hirya no hino ku mbugankoranyambaga.

 

 

Aya mashusho yakomeje gusakara ubwo yashyirwaga ku rubuga rwa X aho buri umwe yayabonaga akihutira kuyasangiza mugenzi we bityo biza gutuma ayo mashusho asakara ndetse anarebwa n’abantu benshi cyane.

 

Icyakora abari muri ayo mashusho ntibabashijwe kumenywa imyirondoro yabo cyane ko uwasangije ayo mashusho ku rukuta rwa X ntakintu yigeze abivugaho ngo avuge abo bantu cyangwa ngo ubwo bukwe ngo bwari ubwande. Icyakora biravugwa ko ubu bukwe bwabereye mu gihugu cya India.

 

 

 

 

Source: indiatimes.com

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Miss Mutesi Jolly yakunze amagambo ya Zari Hassan

Next Story

Vestine na Dorcas bahembuye imitima y’Abarundi bahabwa impano nziza

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop