Shaddyboo wigereranyije na Uwicyeza Pamella bakamubwira ko amaze gusaza yarakaye cyane

1 month ago
by

Shaddyboo yigereranyije na Uwicyeza Pamella umugore wa The Ben abaza abakunzi we kumubwira umwiza cyane hagati yabo bombi.

Anyuze kuri X yagize ati:” Mwaramutse neza abachou! Ese ari njye wanyu na Pamella wa The Ben mubona umwiza cyane ari inde ??”.

Nyuma yo gushyiraho ubu butumwa , benshi mu bamukurikira bamubwiye ko yashaje ndetse bamugereranya n’ibintu bitandukanye bagamije kumwereka ko Pamella wa The Ben ariwe mwiza bamusobanurira ko urushako rwamunaniye.

Nyuma yo kwicara agasoma ibitekerezo by’abakunzi we, Shaddyboo yavuze ko batamukunda yemeza ko imbuga nkoranyambaga agiye kuzivaho.

Mu magambo ye yagize :” Mwaramutse abachou! Nkurikije comments [ Ibitekerezo ] zanyu ngiye kuva kuri TL kuko ntabwo mukinkunda ndabyiboneye “.

Ubusanzwe Shaddyboo ni umunyamideri akaba n’umushabitsi kumbuga nkoranyambaga zitandukanye.Uyu mugore akunze kunyura kuri Twitter [X] agamije gutambutsa ibitekerezo bye bwite.

https://twitter.com/Chaddyboo__92/status/1734125686275584325?t=F1dOtlBaRG70w6pBjmEA4w&s=19

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Amerika: Amashuri yigisha abakobwa uko bonka igitsina cy’umugabo ari kwamaganwa

Next Story

Umuhanzi Harmonize yakoze mu ijisho Diamond Platnumz

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop