Taylor Swift n’umukunzi we bongeye guca amazimwe

1 month ago
by

Taylor na Travis Kelce bongeye kugaragara mu Mujyi wa Las Vegas bafatanye agatoki ku kandi.

Talyor Swift usanzwe ari umuhanzi ukomeye muri Amerika no ku Isi na Travis Kelce w’imyaka 34 usanzwe ari umukinnyi muri NFL muri Nevada bahagiriye ibihe byiza nk’uko byagaragajwe n’amashusho , Taylor yashyize hanze anyuze ku mbuga Nkoranyambaga ze ubwo bari bitabiriye umuhango wo gukusanya inkunga Patrick Mahomes ,ukinana na Kelce muri Kansas City.

Anyuze kuri X, umufana wa Taylor Swify [Yaylor Swifty Updates], yashyize hanze amashusho bombi bahoberanye mu buryo budasanzwe.Ni amashusho yongeye gushyirwa hanze na Pop Base , Konti imaze kwamamara mu gutangaza amakuru y’imyidagaduro kuko mu butumwa bashyize hanze bwakurikiwe n’abasaga ibihumbi 650.

Kubera uburyo bari bitwaye , umwe mu bafana wabo, yabise ‘American Couple’ cyangwa se , Couple y’Abanyamerika bose.Ati:”Nkunda uburyo batajya barekana.Bahora bafatanye ku rutugu”.

T&K

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

NKORE IKI: Ndi umugore mukuru maze gutandukana n’abagabo babiri none umusore muto yarankunze cyan arashaka ko tubana

Next Story

Ku myaka ijana 130 irenga we n’umugore we ntibarabyara ! Hura na Baba Asongo

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop