Ufite utubere duto ! Abafana bakomeje kwibasira Zuchu uri mu rukundo na Diamond Platnumz bamubwira ko afite amabere mato cyane

1 month ago
by

Uyu muhanzikazi nawe akomeje guterwa ipfunwe nuko afite amabere mato cyane nk’uko byagarutsweho n’abafana be.

 

Zuchu bwa mbere yagiye muri Afurika y’Epfo ari kumwe na Diamond Platnumz mu minsi yashize ubwo yari agiye kumutungura nyuma y’isabukuru ye y’amavuko na cyane ko uyu mwari yari yinubiye ko Simba yamwirengagije.

Nyuma yo gusohokana na Diamond we utari watobora ngo avuge niba amukunda koko , bahuye na Zari ndetse na Shakib n’abana babo babyawe  na Diamond Platnumz.

Ibi byo kuba afite amabere mato byaje nyuma y’ayo ashyize haze ifoto imugaragaza neza, maz abafana bagatangira kumwota nk’uko Radio yo muri Tanzania dukesha iyi nkuru yabitangaje.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Dore ibintu bizakwereka ko umuryango w’umukunzi wawe utagukunda

Next Story

Taylor Swift yongeye guca agahigo ashimira buri wese

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop