Umugabo yagiye kugurisha intanga ze ahitwa ‘Sperm Bank’ bamweretse Filime z’urukozasoni ngo yikinishe ntiyasohora ntiyasohora ataha amaramasa

1 month ago
by

Ubukene bwatumye umugabo wo muri Nigeria uba mu Budage , ajya kugurisha intanga ze ngo abone amafaranga , bamweretse filime z’urukosazasoni ngo yikisha iminota 30  birangira atarangije ataha uko yaje.

 

Uyu mugabo ubwo yaganiraga n’inshuti ye yagaragaje ibyamubayeho ubwo yari mu Gihugu cy’u Budage aho asanzwe aba , igihe yari agiye kugurisha intanga ze ahitwa ‘Sperm Bank’, yikishije birangira adasohoye, ataha amaramasa nyamara yari aziko agiye gukorera amafaranga.Uyu mugabo ntabwo yigez abona amafaranga nk’uko yabyifuza ajya gufata umwanzuro wo kujya kugurisha intanga ze mu Budage mu kigo cyitwa ‘Sperm Bank’.

 

Nk’uko byatanzwe n’ibinyamakuru bitandukanye hirya no hino ku isi, uyu mugabo yagaragaje isomo yakuyemo , avuga ko ngo gukorera amafaranga bitoroshye mukazi akariko kose.Aganira n’inshuti ye , uyu mugabo yagize ati:”Uyu munsi , nagiye gutanga intanga zanjye ngo mbone amafaranga ngezeyo bampereza icyumba cyane, banshyiriramo filime z’urukozasoni.Nikinishije iminota 30 yose ariko kurangiza birananirana.Mwabantu mwe gukorera amafaranga ntabwo byoroshye’”.

 

Ubusanzwe amakuru avuga ko uyu mugabo utigeze avugwa amazina, atuye mu gihugu cya Nigeria.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Kubona kuri The Ben mu Burundi hari abo bizasaba kwishyura Miliyoni 10 ndetse akanabasura bakaganira

Next Story

Abagore babiri bo muri Kenya bakoraga akazi ko gucuruzaga abakobwa ku bagabo bakabasambanya bavuga ko bagiye kubaha akazi keza bafatiwe mu Buhinde

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop