Umuhanzi The Ben bivugwa ko yishyuwe arenga Miliyoni 41 agiye gukorera igitaramo kidasanzwe mu Burundi

1 month ago
by

Umuhanzi Nyarwanda uherutse gupfusha Se umubyara Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben, agiye gukora igitaramo cy’imbaturamugabo kizabera mu Burundi.

 

Iki gitaramo cyagombaga kuba mu matariki yatambutse gusa kiza kwegezwa inyuma kubera ko The Ben yari mu byago byo kubura se kikaba kizaba tariki ya 1 Ukwakira 2023.

 

 

Benshi mu baturage bo mu gihugu kibanyi cy’u Burundi bifuje kenshi gutaramirwa na The Ben gusa kutumvikana kumafaranga bikagenda biba imbogamizi.Ibi byagaragaye mu mwaka washize aho amakuru yavugaga ko The Ben azabataramira ariko bikarangira atabataramiye.

 

 

Nk’uko bivugwa na InyaRwanda ngo muri Contract yahawe The Ben , hagaragaramo amafaranga y’u Rwanda arenga ibihumbi 35 by’Amadorali ya Amerika bivuze ko mu Mafaranga y’u Rwanda ari 41,292,010 RWF arenga. y’Amafaranga y’u Rwanda.

 

Uyu niwe muhanzi umaze guhabwa akayabo mu gihugu cy’u Burundi dore ko aya mafaranga arenga ari Miliyoni 41.,292,010 RWF.The Ben ni umwe mu bahanzi Nyarwanda bakunzwe mu gihugu cy’u Burundi nk’uko imibare ibigaragaza.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

“Ndashaka kumwitaho” ! Selena Gomez yagaragaje ko agiye gusazwa n’umunya Nigeria Rema basubiranyemo indirimbo ‘Calm Down’

Next Story

Zari Hassani w’abana 5 yaguze amenyo mashya yishyirishaho na Dimples kumatama ye arangije yishongora kubanzi be

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop