Umuhanzi Theo Bosebabireba agiye gukorana indirimbo n’umukecuru ufite abuzukuru 14 bakunda kwita Intare Ishaje

1 month ago
by

Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Theo Bosebabireba, yasubije umukecuru w’abuzukuru 14 witwa Intare Ishaje wifuje ko bakorana indirimbo.

 

Uyu mukecuru wo mu Karere ka Rwamagana, yari yatangaje ko mu byo yifuza harimo no gukorana indirimbo na Theo Bosebabireba none ngo intego ye yayigezeho.Nyuma y’aho Theo Bosebabireba amenyeye ko uyu mukecuru akeneye ko bakorana indirimbo yarabimwemereye ndetse amwemerera ko n’amafaranga azayigendaho yose azayishyura.Theo Bosebabireba yagize ati:” Uwo mubyeyi ndamuzi ,ni umukecuru ukuze ufite n’abuzukuru .

 

Ni umubyeyi uririmba neza kandi niba ashaka gukorana nanjye indirimbo muzamubwire ko tuzayikora kandi ashobora kuba adafite ubushobozi bwo kuyishyura ,ni njye uzayishyura kuko njyewe ubushobozi bwo kuyishyura ndabufite”.

 

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Kubona kuri The Ben mu Burundi hari abo bizasaba kwishyura Miliyoni 10 ndetse akanabasura bakaganira

Next Story

Abagore babiri bo muri Kenya bakoraga akazi ko gucuruzaga abakobwa ku bagabo bakabasambanya bavuga ko bagiye kubaha akazi keza bafatiwe mu Buhinde

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop