Umusore wateye inda abakobwa 5 icyarimwe bamutegeye mu nzira bamusaba kubagira abagore bose

1 month ago
by

Hirya no hino ku mbugankoranyambaga bakomeje gutangazwa  n’inkuru y’umusore watereye abakobwa inda igihe kimwe bose kuri ubu bakaba batwite ndetse inda zikaba ari imvutsi.Mu mashusho akomeje gusakara hirya no hino ku mbugankoranyambaga uyu musore yagaragaye ari hagati ndetse akikijwe n’abo bakobwa 5 bose ndetse ngo uwo musore akaba ariwe wabateye inda icyarimwe bakaba banatwite.

 

 

Ayo mashusho kandi biravugwa ko yafashwe ubwo abo bagore bari baje kunga ubumwe bari kumwe, ndetse ariko barushaho kumenyerana cyane ko Bose ubwo batwite inda zuwo musore bityo ko ari abacyeba.Sibyo gusa kandi kuko muri ayo mashusho bari mu kirori cyo kwitegura kubyara bombi uko ari 5, bizwi nka Baby shower mu rurimi rw’amahanga.

 

Ni ukuvuga ngo ibyo birori byabereye igihe kimwe ndetse byitabiriwe n’uyu musore wabateye inda bivugwa ko yari yabishoyemo amafaranga.Abakoresha imbugankoranyamaga hirya no hino bakomeje kwibaza uburyo uyu musore ukiri muto uburyo agiye kwita kuri abo bana Bose ndetse adasize na ba nyina babo bana Bose.

 

Source: TUKO

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

Umugore w’imyaka 48 yafatiwe mu gihuru n’umuhungu w’imyaka 20 abeshya ko uwo mwana yamufashe ku ngufu

Next Story

Umukobwa yasutse amarira nyuma yo kubona amafoto y’ubukwe y’umusore bari bamaze imyaka 3 bakundana

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop