Yesu ari murinjye ! Meddy n’umugore we bakomeje kugaragaza ko bari mugakiza gasendereye nyuma y’amagambo yavuzwe ko Mimi amukubita

1 month ago
by

Umuhanzi Nyarwanda wahoze aririmba indirimbo zisanzwe zifashishwa n’abashaka gukundwakaza abo bihebeye akaza kubivamo agatangira izo guhimbaza Imana , Meddy, w’umugore we bakomeje gusubizanya mugakiza.

Ku wa Gatatu tariki 12 Nyakanga 2023 mu masaha ashyira ijoro nibwo umuhanzi Ngabo Medard wamamaye nka Meddy yagiye kumbuga nkoranyambaga ze uko ashizeho post umugore amwikiriza.

Ni ibintu byashimishije benshi na cyane ko bije nyuma y’amakuru yamaze igihe avuga ko Meddy akubitwa n’uwo yishakiye gusa bikagaragara ko ari ibihuha byo kumbuga nkoranyambaga.Meddy ati:” Yesu muri njye , icyizere cy’ikuzo”.

Leave a Reply

Your email address will not be published.


Previous Story

RDF yihanganishije umuryango n’inshuti z’Umusirikare wa RDF warasiwe muri Centrafrique

Next Story

Dore uko wakwivura ibiheri byo mu maso cyangwa ibishishi mu buryo bwihuse ukoresheje tungurusumu

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop