Umuyobozi w’amafilime rurangiranwa wo muri Leta zunze Ubumwe z’Amerika ,Harvey Weinstein yahamijwe n’urukiko rwo mu mujyi wa New York icyaha cyo gukorera ihohoterwa rishingiye
Abaturage batuye mu gace ka Walikale muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo barembejwe n’ikibazo cyo kubura amazi meza yo kunywa kubera ingaruka z’imirwano ikomeje
Guverinoma ya Iran yatangaje ko yiteguye kurasa ku birindiro bya Leta Zunze Ubumwe z’Amerika igihe cyose ibiganiro byerekeye imikoreshereze y’intwaro za nikeriyeri biteganijwe hagati
Umugore wo mu gihugu cy’ubuhinde witwa Sonam Raghuvanshi ufite imyaka 25 y’amavuko yishyikirije polisi nyuma yo kwivuga umugabo we ku munsi w’ubukwe bwabo agahita
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 11 Kamena 2025 , Igihugu cy’ubushinwa na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika byatangaje ko byamaze kwemeranya imikoranire ndetse no
Uwahoze ari Perezida wa Brazil Jair Bolsonaro yahakaniye urukiko rukuru rw’iki gihugu ko atigeze agira uruhare mu itegurwa n’ishyirwa mu bikorwa ry’umugambi wo guhirika
Abantu bagera kuri barindwi bitabye Imana nyuma yo kugwa mu nkubiri y’ibitero bya missile zatewe mu gace ka Cali gaherereye mu majyepfo y’uburengerezuba bw’igihugu