“Maze imyaka ine ntakora imibonano mpuzabitsina kandi ntacyo bintwaye” ! Umukinnyi kazi wa film Lizzy Gold yavuze ko akabariro ntacyo kavuze

3 weeks ago
by

Uyu mugore wo muri Ghana w’abana babiri, yavuze ko atarakora ubukwe ariko ko bikunze yabikora igihe icyaricyo cyose mu gihe abonako bikwiye.

 

Yanavuze ko ubu we icyo yitayeho ari ugukora akazi ke neza adacyeneye ibimutesha umutwe nkibyo by’ubukwe n’ibindi.Uyu mugore yanavuze ko ubukwe Ari ikintu kiza ariko we ngo yanga kuntu abantu bakoze ubukwe bahorana buri gihe ndetse ko we ibyo bimubangamira.

 

Mu gusoza, yasoje avuga ko ubu imyaka ibaye ine atarongera gukora imibonano mpuzabitsina.Mu magambo ye yagize ati “Sindongera gukora imibonano mpuzabitsina hashize imyaka 4 Kandi ntacyo bintwaye. Icyo nitayeho ni akazi kanjye Niko mpa umwanya wanjye wose.”

Benshi bakomeje kwibaza kuntu uyu mugore amaze imyaka igera kuri 4 adakozwa ibyimibonano mpuzabitsina ndetse banibaza kuntu adashaka Kandi Ari mwiza.

Umwanditsi: Byukuri Dominique

Source: studio.opera.com

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Ntamuntu numwe Imana izahora ko yasambanaga! Pastor Ego Daniel Yahishuye Impamvu nyamukuru yirengagizwa nyamara izarimbura abantu.

Next Story

Tity Brown Nyuma yo kumva ubushinjacyaha bumusabira igifungo cy’imyaka 25 Amarira yazenze mu maso atuma umwunganira ati ‘Munsengere munsabire nsohoke aha hantu (Gereza)’ ! Kuki urubanza barwimuriye mu kwa 9 ?

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop