Umuhanzikazi Beyonce Knowles yashyize hanze imbanziriza mushinga wa Filime yiswe Renaissance yitiriye ibitaramo bizenguruka Isi

3 weeks ago
by

Beyonce wamamaye mu ndirimbo zitandukanye zirimo nizo yafatanyije n’umugabo we , yanshyize hanze ‘Trailler’ ya Filime yise Renaissance ikitirirwa ibitaramo yakoze bizenguruka Isi.

 

Biteganyijwe ko iyi Filime Beyonce Knowles azayishyira hanze ku ya 1 Ukuboza 2023 dore ko ari Filime iterejwe n’abatagira ingano.

 

Uyu muhanzi yitangarije ubwe ko azashyira hanze Filime ishingiye kubitaramo yakoze ‘Renaissance’

 

Muri iyi Trailer yashyizwe hanze Beyonce agaragara arikumwe n’abafana be ndetse bishimiye ko bamubonye mu bitaramo bye.

 

Muri iyi Trailer, Beyonce yumvikana avuga ko ashobora kwihinduranya inyamaswa zitandukanye iyo ari kurubyiniro.Ubwo yanshyiraga Trailer hanze , Beyonce yagize ati:” Be what you ask for , cause I just might comply”.

 

Benshi mubafana b Beyonce n’ubwo batazi itariki ariko bakomeye gutegereza itariki yanyayo iyi Filime izagira hanze

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Kenya : Umugore w’uburanga yagaragaye yaratakaje ibiro maze abasore benshi batangira kumusarira kandi barahoze bamwanga

Next Story

Biravugwa ko Harmonize yakennye kubera gushora amafaranga menshi mu bakobwa batanakundana nawe

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop