Ndashaka umugabo uzajya umfasha mu buriri akanshyushya ! Umugore yarize ku karubanda arahogora

1 week ago
by

Inkuru ikomeje kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga ni inkuru y’uyu mugore wagiye ku mbugankoranyambaga ararira cyane aratakamba avuga ko ashaka umugabo cyangwa umusore ujye umushyushya mu buriri.

 

 

Amarira y’uyu mugore yasobanuye byinshi kuko yagaragaje ko afite agahinda ndetse ko abayeho nabi wenyine, kubera Umutima ukomeye yari afite yavuze ingorane yagiye ahura nazo mu rukundo bityo akaba adafite umugabo umuba hafi yewe ngo anamube hafi mu buriri.

 

 

Nibwo uyu mugore yifashe amashusho ari kurira cyane avuga ko ashaka umugabo cyangwa umusore uzajya umuba hafi mu buriri maze asangiza ayo mashusho ku mbugankoranyambaga maze ayo mashusho atangira kuba kimenya bose dore ko umuntu ukoresha imbugankoranyamaga cyane ayo mashusho yayabonye.

 

 

Nk’abandi bantu Bose burya nta muntu wishimira kubaho wenyine yigunze, kuko urukundo ni ikintu gikomeye ndetse gicyenerwa na buri wese bityo buri wese aba acyeneye wamuntu uzamwitaho akamuba hafi mi bibi ndetse no mu byiza igihe cyose.

 

Abakoresha imbugankoranyamaga bakomeje kuvuga ko iyi mbeho ihari muri iyi minsi ko nubundi itapfa kurwa umuntu amahoro bityo bakomeje kuvuga umugabo witeguye yajya guha uyu mugore urukundo maze akumva ubushyuhe nawe.

 

 

 

 

Source: Tuko.co.ke

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Dore ibimenyetso bizakwerekako muzabana

Next Story

Nasanze umusore dukundana aryamanye n’undi musore bose bambaye ubusa, ambwira ko bari gukora massage ! Agahinda ka Hannah

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop