MU MAFOTO: Reba ubwiza bwa Musanze yarimbishijwe 

1 week ago
by

Akarere ka Musanze ni kamwe mu Turere tugize Intara y’Amajyaruguru , kakaba kamwe mu Turere dukomeye mu Bukerarugendo bw’u Rwanda. Muri iyi minsi mikuru aka Karere karimbishijwe.

Ku munsi ubanziriza Noheli no kuri Noheli nyirizina, Musanze yatatswe mu buryo budasanzwe nk’uko muri kubibona mu mafoto.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Mwarimu yoroherejwe uburyo bwo gufata inguzanyo binyuze mu Umwalimu SACCO

Next Story

Munyantwali Alphonse yavuze ku ahazaza ha Torsten Frank , Hakim Sahabo na York mu Amavubi

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop