Anerlia Muigai n’umukunzi we bari mu byishimo nyuma yo kuva ku nzoga

3 weeks ago
by

Uyu umukobwa wamamaye mu bucuruzi muri Kenya, Anerlia yavuze ko yavuye ku nzoga mu mezi 7 ashize n’umukunzi we Kariuki Josiah nawe ngo akaba yamaze ku mwiyungaho.

Anyuze ku mbuga Nkoranyambaga ze , Anerlia yagize ati:”Ibi ni bimwe mu bitabura mu rugo (Fanta n’amazi), kuko n’umugabo wanjye arabikunda cyane. Twese twavuye ku bisindisha  kugira ngo twite ku buzima bwacu no ku Mana yacu”.

Yakomeje agira ati:”Naje gusanga nkunda amazi n’ibindi bidasindisha. Kuyindi foto , ndaza ku kwereka uko bimeze. Ubu maze amezi 7 ntanywa inzoga , hamwe n’umukunzi wanjye kandi turabyishimia”.

Aba bombi bashimishije imbaga y’ababakurikira ku mbuga Nkoranyambaga zitandukanye aho bishimiye urugo rwabo.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

P.Diddy yakuze asengera muri Gaturika ndetse ari n’umuhereza wa padiri

Next Story

“Inka utahaye ubwatsi ntukwiye kuyagaza” Uwase Nadege yatunze agatoki abasore baba muri Geto

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop