Iga muri Logic Training Center baguhe ubumenyi bugushyira ku isoko ry’umurimo mu Mezi 3 gusa

3 weeks ago
by

Ishuri ry’imyuga rya  Logic Traing Center riherereye mu Karere ka Rubavu , Umurenge wa Giseenyi [mu Mbugangari],  riramenyesha abantu babyifuza ko ryatangiye kwandika abanyeshuri bashaka kwiga imyuga mu mezi atatu. Ushaka kwiyandikisha cyangwa kubaza amakuru yisumbuyeho wabariza kuri numero [Watsapp no guhamagara] ; 0782275500.

Logic Training Center bigisha imyuga mu mezi atatu ubundi bagashyira mu kazi abarangijemo kuko n’iyo utsinze neza baguha akazi. Baguha impamyabumenyi yemewe ku Rwego Mpuzamahanga ku buryo ahariho hose wahahabwa akazi.

90% by’abarangiza muri Logic Training Center bihangira imirimo bagisohoka mu ishuri kubera ubumenyi babaha.Iri shuri riherereye mu Karere ka Rubavu, Umurenge wa Gisenyi mu nyubako ikoreramo agakiriro, mu Mbugangari.

Bigisha amasomo arimo;

1.Gukanika Computer Hardware na Software

2.Gukanika Telefone z’ubwoko bwose,

3.Gukanika Televiziyo za Flat n’ibindi bikoresho bya Electronic

4.Installation za CCTV Camera na Installation z’amashanyarazi y’ibanze.

5.N’ibindi.

BIGISHA KANDI KUMENYA GUKORESHA ;

1.Serivisi z’Irembo, Mocash n’ibindi

2.Microsoft Office

3.N’indi .

Ushaka kwiyandikisha cyangwa kubaza amakuru yisumbuyeho wabariza kuri numero; 0782275500

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Rutsiro: Barasaba gusubizwa Ivuriro rigiye kumara hafi umwaka ridakora

Next Story

Mama Dangote yibukije abantu ubuto bwa Diamond Platnumz

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop