“Sinshaka kurongora umugore w’umukene atazantera umwaku” Umuhanzi w’indirimbo z’Imana yihenuye kubakobwa babakene.

2 weeks ago
by

Umuhanzi Byukurabagirane Noel ubarizwa mw’itorero rya ADEPR Gasave Mu mugi wa kigali yakuriye inzira k’umurima abakobwa babakene bategereje abagabo bakize ,ababwira ubwo we atarimo kuko adashaka kwikururiraho umuvumo .

Uyu muhanzi mu kiganiro n’itangazamakuru mw’ijwi rirera yagize ati; “abantu baranzi ,reka mbivuge mubyumve munabizirikane, sinshaka umugore w’umukene ,abagore babakene batera umwaku.

abagore babakene batera umwaku sinshaka kwikururiraho umuvumo rero nta mu kene nshaka.

 

Uyu musore w’umu Adepr ubwo yaganiraga na Juli tv ajya impaka n’umuvugabutumwa nibwo yahamije aya magabo.

Uyu muvugabutumwa yabwiye uyu muhanzi ko ari umusazi ndetse ibyo ari kuvuga ari irari rimukinano.

Ingo nyinshi zubakwa buri munsi zishinjwa kubakira k’ubutunzi aho kubakira k’urukundo ari nayo mpamvu inyinshi mungo zubakwa zitamara kabiri.

Uyu muhanzi BYUKURABAGIRANE NOEL yateye benshi kwibaza iby abarokore bubu niba baba bakurikiye Imana cyangwa baba bakurikiye indamu .

UMWANDITSI shalomi Parrock Juli Tv

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Menya ibimenyetso biranga uwo mukundana wabaye imbata y’igitsina kurugero rwo hejuru cyane

Next Story

Zuchu yarahiye ko atazigera abyarana na Diamond Platinumz nyuma yo kugaragara asomana na Fantana

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop