Umuhanzi Vampino wamamaye muri muzika ya Uganda arembejwe n’indwara yatewe no kunywa amazi yanduye [ VIDEO]

3 weeks ago
by

Umuhanzi Elvis Kirya  wamamaye mu njyana ya Dancehall, yatangaje ko arembejwe n’imndwara ya Tythoid  yatewe n’indwara yo kunywa amazi asa nabi.

 

Abinyujije kumbuga nkoranyambaga ze [Instagram], yagaragaje amashusho ari mu kwitabwaho n’abaganga  gusa ntiyagaragaza aho yari arimo kuvurirwa.Muri aya mashusho Vampino yavuze ko arwaye kubera ko yanyoye amazi asa nabi , ndetse arahirira ko atazongera gukora ikosa ryo kunywa amazi mabi cyangwa atayiteguriye.

 

 

Muri aya mashusho Vapino yanenze cyane abahanzi barimo Spice na Sheebah water Brand yemeza ko aribo bari inyuma y’uburwayi bwe.Yagize ati:”Ese ni iki cyatumye ndwara Typhoid koko , kuva uyu munsi ntabwo ngomba kuzongera kunywa amazi ntiteguriye”.

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Brazil : Umukobwa w’imyaka 19 yafashwe yibye umwana mu Bitaro

Next Story

Dore ibyo ukwiriye kuzirikana mu gihe shaka kubaka umubiri

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop