Abagore gusa : Dore ibintu byatuma umugabo wawe agaragara nk’umwami murugo rwe

3 weeks ago
by

Ubusanzwe abashakanye hari ibyo bakora bikagaragaza umugabo nk’umwami neza ku buryo nawe ashobora kujya yikomanga mugatuza aho ari hose.Iyo umugabo wawe yiyumvise nk’umwami bituma urugo rwanyu rurushaho kugenda neza.

 

Uko umugabo yaba ameze kose iteka azahora yifuza kubaho mu munezero no kubahwa mu rugo rwe.Nk’umugore , umukoro wawe ni uwo gutuma uwo mwashakanye yiyumva nk’udasanzwe ndetse agahora yiyumva nk’umutware wawe binyuze mu magambo ndetse no mu bikorwa.

 

 

Icya mbere , bwira uwo mwashakanye ko ari mwiza ndetse ko asa neza imbere n’inyuma , ibi bizatuma umunsi we yirirwana akanyamuneza hahandi akandagira ibuye akarivaho ryamenetse kubera umurava uba wamuteye.

 

Icyakabiri, burya umugabo abashaka kumva ko yakoze ibidasanzwe , akazi ke yagakoze neza.Ibi bituma no mu masaha akurikira cyangwa mukandi kazi ken awe yumva ko yakoze ibidasanzwe bityo agakomerezaho.

 

 

Niba ushaka gutuma uwo mwashakanye yiyumva nk’umwami, menya neza amajwi ukoresha uko ameze.Iga gukoresha ijwi neza kandi ituje kuburyo uwo mugabo yiyumva mo kubahwa.

 

Leave a Reply

Your email address will not be published.

Previous Story

Amafoto ya Papa Sava akomeje ku rwaza benshi imbavu

Next Story

Mugire impuhwe ! Igisambo nyuma yo gufatwa kigakubitwa izakabwana kiri gutakamba ngo bagire impuhwe

Latest from Uncategorized

RIB yihanangirije Sam Karenzi na Regis

Murangira B Thierry, Umuvugizi w’Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, yaburiye abanyamakuru babiri b’imikino Regis na Sam Karenzi agaragaza ko ibyo bavuga biganisha ku gukora icyaha.
Go toTop