‎Bahaye urwamenya ababateze iminsi ! Zari Hassan na Shakib Cham biyunze
INKURU NYAMUKURU

‎Bahaye urwamenya ababateze iminsi ! Zari Hassan na Shakib Cham biyunze

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 153 min gusoma
‎Bahaye urwamenya ababateze iminsi ! Zari Hassan na Shakib Cham biyunze

Nyuma y'iminsi mike umushabitsi ku mbuga nkoranyambaga Zari Hassan atandukanye na Chakib Cham Lutaaya umaze kumenyekana mu mukino w'iteramakofe muri Uganda, batangaje ko bongeye gusubirana. ‎
‎Isubirana ryabo , ryatangiye kuvugwa ubwo Zari Hassan yajyaga gushyigikira Chakib mu mukino w'iteramakofe yari afite mu bihe bitambutse ariko ntibyavugwagaho rumwe kuko mu mashusho yashyizwe hanze Zari atarimo agaragara neza. ‎
‎Ubwo batangazaga gusubirana , bateye urwenya baseka uburyo bashyize hanze amakuru yo gutandukana kwabo ndetse rubanda bakabyizera Shakib yitsa kuri Zari Hassan byasaba n'aho yishimiye ko batandukanye.


‎Chakib Cham Lutaaya yabajije Zari Hassan ati:"Byari byakugendekeye gute ? Wari wataye ubwenge ? Ahari hari ibyari biri kugusunika ngo ugire icyo uvuga , kandi iyo utagira Imana byari burangire ugiye".


‎Shakib Cham uvuga ko yari yatengushywe cyane n'amakuru yo gutandukana kwabo, yashimangiye ko yagumye mu mutuzo muri icyo gihe kuko ngo yaje kumenya ko nta kintu kibi yari yarakoreye Zari. ‎
‎Ati:"Urashaka kubaka kandi wavugiye ku karubanda ko uyu ari wo mubano wa nyuma ugiyemo. Imana yumvise amasengesho yawe.

Rero ntaho ugiye kujya". ‎
‎Shakib Cham Lutaaya yahaye gasopo abantu bahise bihutira kwishimira itandukana ryabo barimo uwamenyekanye nka Sharon Mutesi muri Uganda, wahise ashimira Zari Hassan kuba ahisemo gusenya. ‎
‎Ati:"Nabonye abantu nka Ssenga Acid, bagushimira kubwo kunsiga.

Kandi uriya mugore ni umusazi. Yishwe n'agahinda kandi iteka ararengera". ‎
‎Zari Hassan beruriye abakunzi babo ko urukundo rwabo rutazapfa gusenyuka.



Inkuru zerekeye

Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido
INKURU NYAMUKURU

Ibyo amaze kunguka ! Diamond Platnumz yishyuye agera kuri 8,821,692 RWF ngo ahure na Ne-Yo yishyura 147,028,200 Rwf ngo ahure na Davido

Umuhanzi Diamond Platnumz uri mu bakomeye muri Tanzania, ntabwo yazuyaje mu kwishyura agera kuri 8,821,692 Rwf kugira ngo ahure na kimwe mu byamamare muri muzika y’Isi Ne-Yo ndetse ngo yishyure n’andi menshi mu guhura na Davido wo muri Nigeria.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 16 yashize
Amatike y'umwanya wa gatatu hagati y'u Bufaransa n'u Bwongereza aracyabura abaguzi
INKURU NYAMUKURU

Amatike y'umwanya wa gatatu hagati y'u Bufaransa n'u Bwongereza aracyabura abaguzi

Amatike y'umwanya wa gatatu hagati y'u Bufaransa n'u Bwongereza aracyabura abaguzi

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 18
Trump yongeye gushinja u Bushinwa kwivanga mu matora ya Amerika
INKURU NYAMUKURU

Trump yongeye gushinja u Bushinwa kwivanga mu matora ya Amerika

Trump yongeye gushinja u Bushinwa kwivanga mu matora ya Amerika

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 17
Bamwe mu bakinnyi ba Argentine  basabiwe  kudakina umukino wanyuma w’Igikombe cy’Isi
INKURU NYAMUKURU

Bamwe mu bakinnyi ba Argentine basabiwe kudakina umukino wanyuma w’Igikombe cy’Isi

Bamwe mu bakinnyi ba Argentine basabiwe kudakina umukino wanyuma w’Igikombe cy’Isi

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 16
‎Yamufatanye n'umukozi wo mu rugo! Ibyatumye Zuchu atandukana na Diamond Platnumz byagiye hanze
INKURU NYAMUKURU

‎Yamufatanye n'umukozi wo mu rugo! Ibyatumye Zuchu atandukana na Diamond Platnumz byagiye hanze

‎Yamufatanye n'umukozi wo mu rugo! Ibyatumye Zuchu atandukana na Diamond Platnumz byagiye hanze

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 16
‎Rwanda Premier League yahembye abahize abandi mu mwaka w'imikino 2025-2026
INKURU NYAMUKURU

‎Rwanda Premier League yahembye abahize abandi mu mwaka w'imikino 2025-2026

‎Rwanda Premier League yahembye abahize abandi mu mwaka w'imikino 2025-2026

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 13

Inkuru zishyashya

‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan  ‎
Imyidagaduro

‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan ‎

‎Zari Hassan yatangije ikiganiro mpaka ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye nyuma yo kwemeza ko umugore aba agomba guca inyuma uwo bashakanye igihe cyose uwo mugabo adatanga ibikenewe byose mu rugo.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 2 yashize
Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we
Imyidagaduro

Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we

Butera Knowless umaranye imyaka 10 n’umugabo we mu buryo bwemewe n’amagategeko nk’umugore n’umugabo, yamushimiye byimazeyo ku rukundo yamuhaye agaragaza ko yabonye Imana mu byo banyuranyemo byose.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 15 yashize
‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza  ‎
Imyidagaduro

‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza ‎

Kendall Jenner wamamaye mu myidagaduro yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , akaba yarakanyujijeho na A$AP Rocky umaze kubyarana Gatatu na Rihanna , yatangaje ko kuba batarabanye byaturutse ku kuba Rocky atarifuzaga ko baganira ku byerekeye ahazaza hano.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa
Imyidagaduro

‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa

Umuziki wa Afurika y'Iburasirazuba wari umaze igihe uvugwa kubera umwana w'umukobwa Zuchu na Diamond Platnumz baherutse kwibaruka dore ko ari na bamwe basanzwe bazi kurema inkuru zitwikira ibikorwa byabo muri muzika. Inkuru y'umwana banjirijwe n'amagambo yo kwihakana umugabo byanyirarureshwa kuri Zuchu warimo kuribwa n'inda.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 2 yashize
‎Basabye abantu kugabanya amatiku ! Itsinda The Same ryahuje imbaraga na Keyg Lemonde bakorana indirimbo bise 'Weekend'
Imyidagaduro

‎Basabye abantu kugabanya amatiku ! Itsinda The Same ryahuje imbaraga na Keyg Lemonde bakorana indirimbo bise 'Weekend'

Itsinda rya The Same na  Keyg Lemonade uri mu bari kuzamuka neza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  bashyize hanze amashusho y'indirimbo nshya bise 'Weekend'. Ni indirimbo irimo ubutumwa busaba abantu kugabanya amatiku bakihugiraho ariko banaruhuka.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 3 yashize
‎Diamond Platnumz yahaye Zuchu impano yagera kuri 43,908,450 RWF mu birori byo kwishimira umwana
Imyidagaduro

‎Diamond Platnumz yahaye Zuchu impano yagera kuri 43,908,450 RWF mu birori byo kwishimira umwana

Umuhanzi Diamond Platnumz, Simba, yahaye Zuchu wa mubyariye umwana,agera kuri 43,908,450 RWF nk'igihembo cy'ishimwe ubwo bari mu birori byo kwizihiza umwana wari utari wavuka. Ni ibirori byabaye ku wa 31 Nyakanga 2026.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 6 yashize