Inkuru zose zijyanyen'imyidagaduro
24 inkuru ziri muri iki cyiciro

Nyuma y'uko APR FC ivuze ko itazitabira irushanwa rya Turbo King Super Cup 2026 Ivuga ko itaganirijwe mbere y'uko bahindura uko amakipe agomba kuryitabira ndetse ivuga ko k hari guhamagarwa abanyamuryango bose ba FERWAFA, kuko amakipe ane gusa atari yo agenewe irushanwa rya Super Cup, kuko ubundi rikinwa n’amakipe yitwaye neza mu mwaka wabanje abiri,iyatwaye shampiyona niyatwaye igikombe cy'amahoro. Aho bamenyesherejwe umwanzuro ku irushanwa, ngo wasanze Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yarateguyemo imikino ya gicuti yo kwitegura irushanwa rya CAF Champions League 2026/27.

Nyuma y'urupfu rwa Hayden Panettiere mu nzu yabagamo hasanzwemo ibinini bisubiza ubuzima uwabaswe n'ibiyobyabwenge watakaje ubwenge ndetse n'ibimenyetso bya muganga bigaragaza ko ntahungabana yari afite.

Nyuma yo kudahirwa mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko aheruka, Muco Samson, wamenyekanye nka Samu Zuby, yongeye guhatanira kuba Umudepite
Umuziki wo mu Karere ka Rubavu wahoze uri imbere ugereranyije n’utundi Turere ndetse ntawe ushidikanya ku mpano z’abahanzi bafite inkomoko muri ako Karere iyo bageze ku rwego rw’Igihugu no hanze yaryo.Ese ko ibihembo byaburaga byatangiye gutangwa rimwe mu mwaka kwinuba no kudakora cyane nk’abazashimirwa ku bahanzi biturukahe ?

Umuhanzi ubihuza no gutunganya umuziki Ivee yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Corazon’ ifite amashusho ari ku rwego Mpuzamahanga yatunganijwe numwe mu bagezweho witwa Biko anateguza kwimurira i Kigali Studio ye ya PG Record ibarizwa i Nairobi akayizana i Kigali. Ni indirimbo yakoze afashijwe na Yee Fanta na Biko.

Cristiano Ronaldo ubu ni umugabo wubatse mu buryo bwemewe n'amategeko nyuma yo gushyira hanze ayo makuru ubwe anyuze ku mbuga nkoranyambaga ze zitandukanye.

Zari Hassan yatangije ikiganiro mpaka ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye nyuma yo kwemeza ko umugore aba agomba guca inyuma uwo bashakanye igihe cyose uwo mugabo adatanga ibikenewe byose mu rugo.

Butera Knowless umaranye imyaka 10 n’umugabo we mu buryo bwemewe n’amagategeko nk’umugore n’umugabo, yamushimiye byimazeyo ku rukundo yamuhaye agaragaza ko yabonye Imana mu byo banyuranyemo byose.

Kendall Jenner wamamaye mu myidagaduro yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , akaba yarakanyujijeho na A$AP Rocky umaze kubyarana Gatatu na Rihanna , yatangaje ko kuba batarabanye byaturutse ku kuba Rocky atarifuzaga ko baganira ku byerekeye ahazaza hano.

Umuziki wa Afurika y'Iburasirazuba wari umaze igihe uvugwa kubera umwana w'umukobwa Zuchu na Diamond Platnumz baherutse kwibaruka dore ko ari na bamwe basanzwe bazi kurema inkuru zitwikira ibikorwa byabo muri muzika. Inkuru y'umwana banjirijwe n'amagambo yo kwihakana umugabo byanyirarureshwa kuri Zuchu warimo kuribwa n'inda.

Itsinda rya The Same na Keyg Lemonade uri mu bari kuzamuka neza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bashyize hanze amashusho y'indirimbo nshya bise 'Weekend'. Ni indirimbo irimo ubutumwa busaba abantu kugabanya amatiku bakihugiraho ariko banaruhuka.

Umuhanzi Diamond Platnumz, Simba, yahaye Zuchu wa mubyariye umwana,agera kuri 43,908,450 RWF nk'igihembo cy'ishimwe ubwo bari mu birori byo kwizihiza umwana wari utari wavuka. Ni ibirori byabaye ku wa 31 Nyakanga 2026.

Mr Beast wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yarongoye ikizungerezi Thea Donaldson

Nyina wa Kris Jenner yitabye Imana ku myaka 91

Umuhanzi Mani Martin yaganiriye na Amb. Mukasine Marie Claire mu Buyapani aho amaze iminsi

Diamond Platnumz yavuze ko umutungo we wose wanditse kuri nyina

Diamond Platnumz yatangaje undi mukunzi nyuma y’amasaha atandukanye na Zuchu

Rutahizamu Jayden Adams wakiniraga ikipe ya Mamelodi Sundowns yatabarutse mu gihe yari ari mu gihe cye cyo kugaragaza ubuhanga bwe muri ruhago.

Mu gihe imbuga nkoranyambaga zikomeje kuba igicumbi cy'amakuru agenda asakazwa n'abazikoresha, hari ubwo ziba n'intandaro yo kwangiza ubuzima bw'abandi binyuze mu kubasebya, kubaharabika no kubashyira mu kaga. Ni ikibazo kimaze igihe kigarukwaho, ariko kuri DJ Sonia cyafashe indi ntera kugeza aho avuga ko ubu atakibasha guceceka.

Umuhanzi Ngabo Médard Jobert wamamaye nka Meddy, umaze imyaka 15 aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko ameze neza ndetse ko umuryango we wagutse.

Taylor Swift yasohoje inzozi zo mu bwana bwe, yandikira indirimbo filime ya ‘Toy Story 5’

Umuhanzi Navvy Denk yagarutse ku ndirimbo ye nshya

"Nayikoze nyitura umukunzi wange" ! Umuhanzi Oyo agaruka ku ndirimbo nshya

Lona Glory yashyize hanze indirimbo nshya yise “All Eyes On Me” yakoranye na Kay Macky