Umunsi.com
Garuka ku rubuga
I

Imyidagaduro

Inkuru zose zijyanyen'imyidagaduro

24 inkuru ziri muri iki cyiciro

Turbo King Super Cup 2026: FERWAFA yatangaje ikipe isimbura APR FC n'amatariki mashya izaberaho
Imyidagaduro

Turbo King Super Cup 2026: FERWAFA yatangaje ikipe isimbura APR FC n'amatariki mashya izaberaho

Nyuma y'uko APR FC ivuze ko itazitabira irushanwa rya Turbo King Super Cup 2026 Ivuga ko itaganirijwe mbere y'uko bahindura uko amakipe agomba kuryitabira ndetse ivuga ko k hari guhamagarwa abanyamuryango bose ba FERWAFA, kuko amakipe ane gusa atari yo agenewe irushanwa rya Super Cup, kuko ubundi rikinwa n’amakipe yitwaye neza mu mwaka wabanje abiri,iyatwaye shampiyona niyatwaye igikombe cy'amahoro. Aho bamenyesherejwe umwanzuro ku irushanwa, ngo wasanze Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yarateguyemo imikino ya gicuti yo kwitegura irushanwa rya CAF Champions League 2026/27.

ADAM Yannickamasaha 3 yashize
‎Amakuru mashya ku rupfu rwa Hayden Panettiere wasanganwe ibinini bisubiza ubuzima
Cinema

‎Amakuru mashya ku rupfu rwa Hayden Panettiere wasanganwe ibinini bisubiza ubuzima

‎Nyuma y'urupfu rwa Hayden Panettiere mu nzu yabagamo hasanzwemo ibinini bisubiza ubuzima uwabaswe n'ibiyobyabwenge watakaje ubwenge ndetse n'ibimenyetso bya muganga bigaragaza ko ntahungabana yari afite.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
‎Yaherukaga gutsindwa ! Samu Zuby yongeye kugerageza amahirwe yo kuba Umudepite
Imyidagaduro

‎Yaherukaga gutsindwa ! Samu Zuby yongeye kugerageza amahirwe yo kuba Umudepite

Nyuma yo kudahirwa mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko aheruka, Muco Samson, wamenyekanye nka Samu Zuby, yongeye guhatanira kuba Umudepite

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 1 yashize
Rubavu: Kuki abahanzi batagifite ihangana ryiza kandi hari ibihembo bategurirwa ! Irengero ry’arenga 60,000,000 Rwf bagenerwa ajyanwa nande ?
Imyidagaduro

Rubavu: Kuki abahanzi batagifite ihangana ryiza kandi hari ibihembo bategurirwa ! Irengero ry’arenga 60,000,000 Rwf bagenerwa ajyanwa nande ?

Umuziki wo mu Karere ka Rubavu wahoze uri imbere ugereranyije n’utundi Turere ndetse ntawe ushidikanya ku mpano z’abahanzi bafite inkomoko muri ako Karere iyo bageze ku rwego rw’Igihugu no hanze yaryo.Ese ko ibihembo byaburaga byatangiye gutangwa rimwe mu mwaka kwinuba no kudakora cyane nk’abazashimirwa ku bahanzi biturukahe ?

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 4 yashize
Arashaka gutwara Grammy Awards ! Byinshi kuri Producer Ivee wabengutse Element akifuza ko bakorana indirimbo
Imyidagaduro

Arashaka gutwara Grammy Awards ! Byinshi kuri Producer Ivee wabengutse Element akifuza ko bakorana indirimbo

Umuhanzi ubihuza no gutunganya umuziki Ivee yashyize hanze indirimbo nshya yise ‘Corazon’ ifite amashusho ari ku rwego Mpuzamahanga yatunganijwe numwe mu bagezweho witwa Biko anateguza kwimurira i Kigali Studio ye ya PG Record ibarizwa i Nairobi akayizana i Kigali. Ni indirimbo yakoze afashijwe na Yee Fanta na Biko.

KWIZERA Jean de Dieuiminsi 6 yashize
‎Cristiano Ronaldo yakoze ubukwe n'umukunzi we bamaranye imyaka itari mike
Imyidagaduro

‎Cristiano Ronaldo yakoze ubukwe n'umukunzi we bamaranye imyaka itari mike

Cristiano Ronaldo ubu ni umugabo wubatse mu buryo bwemewe n'amategeko nyuma yo gushyira hanze ayo makuru ubwe anyuze ku mbuga nkoranyambaga ze zitandukanye.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 11
‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan  ‎
Imyidagaduro

‎"Guca inyuma uwo mwashakanye biremewe mu gihe umugabo ataguha ibyo wifuza byose" ! Zari Hassan ‎

‎Zari Hassan yatangije ikiganiro mpaka ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye nyuma yo kwemeza ko umugore aba agomba guca inyuma uwo bashakanye igihe cyose uwo mugabo adatanga ibikenewe byose mu rugo.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 8
Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we
Imyidagaduro

Bamaranye imyaka 10 ! Amagambo y’urukundo Butera Knowless yabwiye umugabo we

Butera Knowless umaranye imyaka 10 n’umugabo we mu buryo bwemewe n’amagategeko nk’umugore n’umugabo, yamushimiye byimazeyo ku rukundo yamuhaye agaragaza ko yabonye Imana mu byo banyuranyemo byose.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 7
‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza  ‎
Imyidagaduro

‎Kendall Jenner wakundanye na A$AP Rocky yagarutse ku mubo wabo avuga ko yabuze umugabo mwiza ‎

Kendall Jenner wamamaye mu myidagaduro yo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika , akaba yarakanyujijeho na A$AP Rocky umaze kubyarana Gatatu na Rihanna , yatangaje ko kuba batarabanye byaturutse ku kuba Rocky atarifuzaga ko baganira ku byerekeye ahazaza hano.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 6
‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa
Imyidagaduro

‎Tanasha Donna yagize icyo atangaza nyuma y'aho Zuchu na Diamond Platnumz bibarutse umukobwa

Umuziki wa Afurika y'Iburasirazuba wari umaze igihe uvugwa kubera umwana w'umukobwa Zuchu na Diamond Platnumz baherutse kwibaruka dore ko ari na bamwe basanzwe bazi kurema inkuru zitwikira ibikorwa byabo muri muzika. Inkuru y'umwana banjirijwe n'amagambo yo kwihakana umugabo byanyirarureshwa kuri Zuchu warimo kuribwa n'inda.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 6
‎Basabye abantu kugabanya amatiku ! Itsinda The Same ryahuje imbaraga na Keyg Lemonde bakorana indirimbo bise 'Weekend'
Imyidagaduro

‎Basabye abantu kugabanya amatiku ! Itsinda The Same ryahuje imbaraga na Keyg Lemonde bakorana indirimbo bise 'Weekend'

Itsinda rya The Same na  Keyg Lemonade uri mu bari kuzamuka neza muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo  bashyize hanze amashusho y'indirimbo nshya bise 'Weekend'. Ni indirimbo irimo ubutumwa busaba abantu kugabanya amatiku bakihugiraho ariko banaruhuka.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 5
‎Diamond Platnumz yahaye Zuchu impano yagera kuri 43,908,450 RWF mu birori byo kwishimira umwana
Imyidagaduro

‎Diamond Platnumz yahaye Zuchu impano yagera kuri 43,908,450 RWF mu birori byo kwishimira umwana

Umuhanzi Diamond Platnumz, Simba, yahaye Zuchu wa mubyariye umwana,agera kuri 43,908,450 RWF nk'igihembo cy'ishimwe ubwo bari mu birori byo kwizihiza umwana wari utari wavuka. Ni ibirori byabaye ku wa 31 Nyakanga 2026.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 2
‎Mr Beast wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yarongoye ikizungerezi Thea Donaldson
Imyidagaduro

‎Mr Beast wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yarongoye ikizungerezi Thea Donaldson

‎Mr Beast wamamaye ku mbuga nkoranyambaga yarongoye ikizungerezi Thea Donaldson

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 21
Nyina wa Kris Jenner yitabye Imana ku myaka 91
Imyidagaduro

Nyina wa Kris Jenner yitabye Imana ku myaka 91

Nyina wa Kris Jenner yitabye Imana ku myaka 91

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 17
Umuhanzi Mani Martin yaganiriye na  Amb. Mukasine Marie Claire mu Buyapani aho amaze iminsi
Imyidagaduro

Umuhanzi Mani Martin yaganiriye na Amb. Mukasine Marie Claire mu Buyapani aho amaze iminsi

Umuhanzi Mani Martin yaganiriye na Amb. Mukasine Marie Claire mu Buyapani aho amaze iminsi

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 16
‎Diamond Platnumz yavuze ko umutungo we wose wanditse kuri nyina
Imyidagaduro

‎Diamond Platnumz yavuze ko umutungo we wose wanditse kuri nyina

‎Diamond Platnumz yavuze ko umutungo we wose wanditse kuri nyina

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 16
Diamond Platnumz yatangaje undi mukunzi nyuma y’amasaha atandukanye na Zuchu
Imyidagaduro

Diamond Platnumz yatangaje undi mukunzi nyuma y’amasaha atandukanye na Zuchu

Diamond Platnumz yatangaje undi mukunzi nyuma y’amasaha atandukanye na Zuchu

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 14
‎Yari avuye mu gikombe cy'Isi ! Urupfu rwa Rutahizamu Jayden Adams w'imyaka 25 rwatunguye benshi
Imyidagaduro

‎Yari avuye mu gikombe cy'Isi ! Urupfu rwa Rutahizamu Jayden Adams w'imyaka 25 rwatunguye benshi

Rutahizamu Jayden Adams wakiniraga ikipe ya Mamelodi Sundowns yatabarutse mu gihe yari ari mu gihe cye cyo kugaragaza ubuhanga bwe muri ruhago.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 11
DJ Sonia yareze abantu 5 muri RIB
Imyidagaduro

DJ Sonia yareze abantu 5 muri RIB

Mu gihe imbuga nkoranyambaga zikomeje kuba igicumbi cy'amakuru agenda asakazwa n'abazikoresha, hari ubwo ziba n'intandaro yo kwangiza ubuzima bw'abandi binyuze mu kubasebya, kubaharabika no kubashyira mu kaga. Ni ikibazo kimaze igihe kigarukwaho, ariko kuri DJ Sonia cyafashe indi ntera kugeza aho avuga ko ubu atakibasha guceceka.

KWIZERA Jean de Dieu2026 Nyakanga 9
Meddy yavuze impamvu amaze igihe adasohora indirimbo n'icyatumye yinjira mu muziki wo kuramya Imana
Imyidagaduro

Meddy yavuze impamvu amaze igihe adasohora indirimbo n'icyatumye yinjira mu muziki wo kuramya Imana

Umuhanzi Ngabo Médard Jobert wamamaye nka Meddy, umaze imyaka 15 aba muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko ameze neza ndetse ko umuryango we wagutse.

Admin User2026 Nyakanga 6
Taylor Swift yasohoje inzozi zo mu bwana bwe, yandikira indirimbo filime ya ‘Toy Story 5’
Imyidagaduro

Taylor Swift yasohoje inzozi zo mu bwana bwe, yandikira indirimbo filime ya ‘Toy Story 5’

Taylor Swift yasohoje inzozi zo mu bwana bwe, yandikira indirimbo filime ya ‘Toy Story 5’

Editor User2026 Kamena 2
Umuhanzi Navvy Denk yagarutse ku ndirimbo ye nshya
Imyidagaduro

Umuhanzi Navvy Denk yagarutse ku ndirimbo ye nshya

Umuhanzi Navvy Denk yagarutse ku ndirimbo ye nshya

Admin User2026 Kamena 2
"Nayikoze nyitura umukunzi wange" ! Umuhanzi Oyo agaruka ku ndirimbo nshya
Imyidagaduro

"Nayikoze nyitura umukunzi wange" ! Umuhanzi Oyo agaruka ku ndirimbo nshya

"Nayikoze nyitura umukunzi wange" ! Umuhanzi Oyo agaruka ku ndirimbo nshya

Admin User2026 Kamena 2
Lona Glory yashyize hanze indirimbo nshya yise “All Eyes On Me” yakoranye na Kay Macky
Imyidagaduro

Lona Glory yashyize hanze indirimbo nshya yise “All Eyes On Me” yakoranye na Kay Macky

Lona Glory yashyize hanze indirimbo nshya yise “All Eyes On Me” yakoranye na Kay Macky

Nzanzumuhira Livine2026 Gicurasi 25