Imported from WordPress: Hanze
24 inkuru ziri muri iki cyiciro

Umukuru wa Amerika Perezida Donald Trump, yongeye gutangaza ko ashobora kugaba ibitero kuri Oman mu gihe yaba “ibangamiye” gahunda ze zo guhagarika intambara Amerika na Israel barwana na Iran.

Loni yafatiye ibihano abayobozi babiri ba FDLR n'abandi bayobozi b'imitwe yitwaje intwaro muri RDC

Muri RDC havumbuwe ubwoko bushya bw’inkende zidasanzwe zifite iminwa ya orange

Pakistan: Abantu 20 bishwe n’igitero cy’abiyahuzi

DRC: Umuntu utaramenyekana yatwitse ‘Tente’ zari zirwariyemo abarwayi ba Ebola abarwayi 13 barahunga

Mfite ibitsina gore bibiri: Uko umukobwa wo muri Kenya ari guca mu buzima budasanzwe

Uganda: Iperereza nyuma y'uko umugabo apfuye ari gukora imibonano mpuzabitsina mu gihuru

Igihugu cya Togo cyavanyeho ‘visa’ ku Banyafurika bose

Vladimir Putin yagize icyo avuga kuri Xi Jinping

Kenya: Imyigaragambyo yo kwamagana izamuka ry'ibiciro bya lisansi yahagaritswe

Ingwe yacitse uruzitiro yarashwe irapfa nyuma yo gukomeretsa umuntu

Kenya: Umugore wari ufite tattoo ya Perezida yapfuye nyuma yo gutwikwa na lisansi

Ebola-DRC: Ibipimo byagaragaje abandi banduye mu burasirazuba bw’igihugu

Inzuki zibasiye White House

Ubuzima bwa Tomas Allen ukekwaho kugaba igitero kigamije kwica Trump

Ibyo utamenye n'amafoto utabonye ku gitero cyagabwe kuri Donald Trump n'umugore we

Nigeria: Hikanzwe COVID-19, abantu 10 bashyirwa mu kato

“Abanyarwanda n’Abarundi ntibangana” ! Perezida w’u Burundi yavuze ko ashobora kuza mu Rwanda mu gihe byaba ngombwa agaragaza ko nta mupaka yafunze

Trump yongeye gushyira hanze ifoto imugaragaza afashwe na Yezu ku rutugu

Trump yise ikigwari Minisitiri w’Intebe w’u Butaliyani

U Burusiya ntibukozwa ibyo gukomeza agahenge mu ntambara ya Ukraine

Perezida Ruto yayobotse ubuhinzi ngo azabe umuherwe w’ahazaza

Ibiciro bya peteroli byazamutse, Amerika ihiga gufunga ibyambu bya Iran

Haiti: Abantu 30 bapfiriye mu muvundo