Umunsi.com
‎Perezida wa Amerika Donald Trump yakangishije Oman kuyirasa akayigira umuyonga
Hanze

‎Perezida wa Amerika Donald Trump yakangishije Oman kuyirasa akayigira umuyonga

KWIZERA Jean de Dieu2026 Kanama 173 min gusoma
‎Perezida wa Amerika Donald Trump yakangishije Oman kuyirasa akayigira umuyonga

Umukuru wa Amerika Perezida Donald Trump, yongeye gutangaza ko ashobora kugaba ibitero kuri Oman mu gihe yaba “ibangamiye” gahunda ze zo guhagarika intambara Amerika na Israel barwana na Iran.

Ibyo Donald Trump yabitangaje ku wa 17 Kanama, mu gihe akomeje kugerageza gushaka uko iyo ntambara imaze hafi amezi atandatu yarangira. ‎
‎Inshuro nyinshi Perezida Donald Trump yakunze kuvuga ko intambara izarangira “vuba”, ndetse mu mezi ashize agashimangira ko hashobora gusinywa amasezerano arambye y’amahoro, kugeza ubu nta gikomeye kiragerwaho. ‎
‎Umuhora wa Hormuz, ufite uruhare rukomeye mu bucuruzi bw’Isi kandi unyuramo hafi kimwe cya gatanu cy’ibikomoka kuri peteroli binyura mu nyanja, umaze amezi menshi ufunze kubera intambara Amerika na Israel byagabye kuri Iran muri Gashyantare.


‎Iran iri mu majyaruguru y’uyu muhora, mu gihe Oman iri mu majyepfo. Ibihugu byombi bimaze igihe biri mu biganiro ku bijyanye n’uburyo wagenzurwa. ‎
‎Trump yabwiye Fox News at “Oman niyitambika mu nzira, tuzayitera ibisasu biremereye.



‎Trump avuze ibi mu gihe no muri Gicurasi, ubwo mu nama y’Abaminisitiri yateraga ubwoba Oman avuga ko Amerika ishobora “kuyituritsa” mu gihe yaba ititwaye uko bikwiye.

Inkuru zerekeye

Inkuru zishyashya

‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎
INKURU NYAMUKURU

‎Rihanna yasohokanye abana be ku ivuko batega imodoka zisanzwe ‎

‎Umuhanzikazi Rihanna , yagaragaye mu mashusho ari kumwe n'abana be RZA , Riot na Rocki ku muhanda muri Barbados aho bateze imodoka isanzwe banarira kumuhanda.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 6 yashize
Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027
Imikino

Football: Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe yanBK Pro League 2026-2027

Rwanda Premier League yasohoye ingengabihe ya BK Pro League 2026-2027 izatangira tariki 4 Nzeri 2026 ikarangira tariki 30 Gicurasi 2027

ADAM Yannickamasaha 6 yashize
Umwongereza Nicholas de-Long yahawe akazi muri FERWAFA
Imikino

Umwongereza Nicholas de-Long yahawe akazi muri FERWAFA

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryashyizeho Umwongereza Nicholas de-Long nk’ushinzwe iterambere ry’abakiri bato muri ruhago.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 16 yashize
‎Amakuru mashya ku rupfu rwa Hayden Panettiere wasanganwe ibinini bisubiza ubuzima
Cinema

‎Amakuru mashya ku rupfu rwa Hayden Panettiere wasanganwe ibinini bisubiza ubuzima

‎Nyuma y'urupfu rwa Hayden Panettiere mu nzu yabagamo hasanzwemo ibinini bisubiza ubuzima uwabaswe n'ibiyobyabwenge watakaje ubwenge ndetse n'ibimenyetso bya muganga bigaragaza ko ntahungabana yari afite.

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 17 yashize
‎Yaherukaga gutsindwa ! Samu Zuby yongeye kugerageza amahirwe yo kuba Umudepite
Imyidagaduro

‎Yaherukaga gutsindwa ! Samu Zuby yongeye kugerageza amahirwe yo kuba Umudepite

Nyuma yo kudahirwa mu matora y’abagize Inteko Ishinga Amategeko aheruka, Muco Samson, wamenyekanye nka Samu Zuby, yongeye guhatanira kuba Umudepite

KWIZERA Jean de Dieuamasaha 18 yashize
Basketball: APR BBC yageze ku mukino wa nyuma aho izahura na PATRIOTS BBC
Imikino

Basketball: APR BBC yageze ku mukino wa nyuma aho izahura na PATRIOTS BBC

APR BBC igeze k'umukino wa nyuma ku nshuro ya gatatu yikurikiranya aho izahura na PATRIOTS BBC biheruka guhura ku mukino wa nyuma wa 2024 APR igatsinda Patriots imikino 4-2 bakaba bongeyeho guhura. Ninde utwara igikombe uyu mwaka?

ADAM Yannickiminsi 3 yashize